skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Liban uu n’amarira nyuma y’imfpu z’abasaga 490 bahitanwe n’ibitero bya Israel

Abantu nibura 492 biciwe mu bitero byo mu kirere bikaze kandi byageze henshi bya Israel bigambiriye Hezbollah muri Libani, nkuko minisiteri y’ubuzima ya Libani ibivuga, mu munsi wa mbere wiciwemo...
24 September 2024 Yasuwe: 872 0

Dr Uster Kayitesi yinjie muri Sena mubo Perezida Kagame yagiriye ikizere

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nzeri yashyizeho abasenateri bane muri Sena y’u Rwanda.
23 September 2024 Yasuwe: 2667 0

Tanzania: Polisi yafunze abayobozi b’ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe na leta

Umuyobozi wa Polisi mu Mumujyi wa Dar es Salaam Jumanne Muliro, yavuze ko Igipolisi ayoboye cyataye muriyombi abantu 14 bo mu ishyaka rya CHADEMA barimo Umuyobozi waryo Freeman Mbowe hamwe...
23 September 2024 Yasuwe: 514 0

Sudani: ONU Irasaba RSF Guhagarika Ibitero ku Mujyi wa al-Fashir

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko atewe impungenge n’amakuru yerekeye ibitero bikomeye ingabo z’umutwe wa Rapid Support Forces zigometse kuri leta muri...
23 September 2024 Yasuwe: 243 0

Israel yatangiye ibitero bikaze by’indege z’intambara imbere muri Liban

Igisirikare cya Israel cyatangiye ibitero bigari kurusha ibindi byo mu kirere ku mutwe wa Hezbollah, ibitero birimo kwibasira amajyepfo ya Liban, uburasirazuba bw’ikibaya cya Bekaa, n’agace...
23 September 2024 Yasuwe: 947 0

Raporo ya Banki y’Isi ivuga ko mu Rwanda ubushomeri bwagabanutseho 7%

Banki y’Isi ishami ry’u Rwanda igaragaza ko hagati ya 2021 na 2023 mu Rwanda hahanzwe imirimo mishya 500,000 yatumye ubushomeri bugabanukaho 7% kuko bwageze munsi ya 15% mu ntangiro z’umwaka wa 2024.
23 September 2024 Yasuwe: 311 0

Kenya yafunze umudipolomate wa Uganda biteza urujijo mu mategeko agenga EAC

Umunya-Uganda, Dr Caroline Asiimwe usanzwe ari umudipolomate mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), yatawe muri yombi afatiwe muri Kenya.
23 September 2024 Yasuwe: 582 0

Kinshasa: Imfungwa zirenga 1,600 muri gereza ya Makala zarekuwe kubera uburwayi ’bukomeye’

Imfungwa zirenga 1,600 zarekuwe ku cyumweru ziva muri gereza ya Makala i Kinshasa kubera impamvu z’uburwayi nk’uko abategetsi babitangaje, ni wo mubare munini urekuwe icyarimwe mu gikorwa kimaze...
23 September 2024 Yasuwe: 428 0

Nyagatare: yafunzwe akekwaho gusambanya umwana w’umupangayi we

Hagumubuzima Claude, uri mu kigero cy’imyaka 45 wo mu Kagari ka Gashenyi, Umurenge wa Rukomo, Akarere ka Nyagatare, yatawe muri yombi akurikiranyweho gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 17...
22 September 2024 Yasuwe: 1306 0

Perezida Zelensky ntiyanyuzwe n’ubushyo amakuru y’urupfu rw’abasirikare be yagiye hanze

Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelensky yamaganye ibinyamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika birimo Wall Street Journal, byatangaje ko abasirikare be bakomeje kugwa ku rugamba bahanganyemo...
22 September 2024 Yasuwe: 1011 0