Abantu nibura 492 biciwe mu bitero byo mu kirere bikaze kandi byageze henshi bya Israel bigambiriye Hezbollah muri Libani, nkuko minisiteri y’ubuzima ya Libani ibivuga, mu munsi wa mbere wiciwemo...
Umuyobozi wa Polisi mu Mumujyi wa Dar es Salaam Jumanne Muliro, yavuze ko Igipolisi ayoboye cyataye muriyombi abantu 14 bo mu ishyaka rya CHADEMA barimo Umuyobozi waryo Freeman Mbowe hamwe...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko atewe impungenge n’amakuru yerekeye ibitero bikomeye ingabo z’umutwe wa Rapid Support Forces zigometse kuri leta muri...
Banki y’Isi ishami ry’u Rwanda igaragaza ko hagati ya 2021 na 2023 mu Rwanda hahanzwe imirimo mishya 500,000 yatumye ubushomeri bugabanukaho 7% kuko bwageze munsi ya 15% mu ntangiro z’umwaka wa 2024.
Imfungwa zirenga 1,600 zarekuwe ku cyumweru ziva muri gereza ya Makala i Kinshasa kubera impamvu z’uburwayi nk’uko abategetsi babitangaje, ni wo mubare munini urekuwe icyarimwe mu gikorwa kimaze...
Hagumubuzima Claude, uri mu kigero cy’imyaka 45 wo mu Kagari ka Gashenyi, Umurenge wa Rukomo, Akarere ka Nyagatare, yatawe muri yombi akurikiranyweho gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 17...
Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelensky yamaganye ibinyamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika birimo Wall Street Journal, byatangaje ko abasirikare be bakomeje kugwa ku rugamba bahanganyemo...