Komiseri wungirije w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NBA, witwa Mark Tatum yandikiye bamwe mu Basenateri b’iki gihugu abamenyesha ko Ishyirahamwe ayoboye...
Mu mpera z’icyumweru, ibirori bya Ruhago y’u Rwanda bizimukira i Rubavu, aho ikipe ya APR FC ndetse na Rayon Sports zizakinira imikino yazo ya Shampiyona ku wa Gatandatu no ku Cyumweru.
Urubanza Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarezemo u Rwanda imbere y’Urukiko rw’Ubutabera rw’Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EACJ) ruratangira kuri uyu wa Kane,i Arusha muri Tanzania.
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabye amahanga gufatira u Rwanda ibihano, yongera kurushinja ubushotoranyi runyuze mu gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23.
Donald Trump uri kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko natorwa azahita avana igihugu cye mu ntambara imaze imyaka ibiri n’igice iyogoza Ukraine.
Biciye muri Komisiyo Ishinzwe amarushanwa, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryahinduye amasaha y’umukino wa Police FC na Kiyovu Sports uteganyijwe ejo ku wa kane Saa Munani...