Muri Tanzania mu Ntara ya Kagera, umwarimu witwa Adrian Tinchwa w’imyaka 36 y’amavuko, wigisha ku ishuri ribanza rya Igurwa, yatawe muri yombi na Polisi, akurikiranyweho kwica umunyeshuri witwa...
Perezida wa Angola, João Lourenço, yagaragaje ko afite icyizere cyo kuba amahoro n’umutekano byagaruka mu buryo burambye mu karere k’ibiyaga bigari, umubano w’u Rwanda na Repubulika Iharanira...
Myugariro w’Umufaransa Rafael Varane wakiniye amakipe atandukanye arimo Manchester United na Real Madrid, yahagaritse gukina umupira w’amaguru ku myaka 31 ndetse asesa amasezerano yari afitanye...
Banki Nkuru y’Igihugu, BNR, yatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’imbere mu Gihugu (GDP) wazamutseho 9,8% mu mezi atandatu ya mbere ya 2024, mu gihe mu mwaka ushize wari ku ijanisha rya 7,7% mu gihe nk’icyo
Leta y’u Rwanda n’iya Iraq byashimangiye agaciro ko gusangira ubunararibonye mu bijyanye no guhangana n’intambara ndetse n’ingaruka za nyuma y’amakimbirane mu miryango.
Icyamamare muri Hip-hop Sean "Diddy" Combs ubu ari mu munyururu ategereje urubanza ku byaha birimo gukoresha abantu imibonano mpuzabitsina ku gahato no kubikuramo inyungu.
Donald Trump yaburiwe n’ubutasi bwa Amerika ku bijyanye no kuba Iran igifite umugambi wo kumwivugana, nk’uko ukuriye ibikorwa bye byo kwiyamamaza yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 24 Nzeri 2024.