skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Menya zimwe mu mpamvu zikururira abakobwa gukundana n’abagabo babarusha imyaka

Hari umukobwa tujya tuganira kuri byinshi, yigeze kumbwira ko adashobora gukundana n’umusore banganya imyaka cyangwa umusore utamurusha imyaka irenze itanu nabwo ibaye mike. Kenshi iyo umukobwa...
30 September 2024 Yasuwe: 1145 0

Dore ikigero cy’imyaka washakamo umugore ukizera ko muzarambana

Ingingo y’imyaka ikwiye umuntu yashyingirirwamo ni imwe mu zitavugwaho rumwe hashingiwe ku mpamvu zitandukanye zirimo imyumvire, ubumenyi ndetse n’imico y’abantu, ariko ubushakashatsi na bwo hari...
30 September 2024 Yasuwe: 1261 0

DR Congo: MSF ivuga ko Buri saha abagore babiri b’abakongomani bafatwa ku ngufu

Médecins Sans Frontières (MSF), umuryango w’abaganga batanga ubufasha, uvuga ko wavuye abantu barenga 25,000 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina muri DR Congo mu mwaka wa 2023 gusa.
30 September 2024 Yasuwe: 204 0

Etincelles FC yahagamye APR FC iyikuraho inota i Rubavu(Amafoto)

Kuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, ikipe ya APR FC yanganyirije na Etincelles FC kuri Stade Umuganda 0-0 mu mukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona, ariko wari uwa mbere kuri APR FC.
29 September 2024 Yasuwe: 1551 0

Ibitero by’Amerika Byahitanye Abarwanyi ba Kiyisilamu Barenga 60 muri Siriya

Igisirikare cya leta zunze ubumwe z’Amerika kuri iki cyumweru cyatangaje ko cyagabye ibitero muri Siriya ku ngabo za leta ya kiyisilamu zifitanye isano n’umutwe wa al-Qaeda.
29 September 2024 Yasuwe: 1045 0

Imibare mishya ya Minisante yerekana ko abantu 300 bahuye n’abarwayi 26 ba Marburg

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yemeje ko hamaze kuboneka abahuye n’abarwayi ba Marbug bamaze kuboneka mu Rwanda basaga 300, bakaba bashobora no kwiyongera kuko ibipimo bikomeje gufatwa ku bakekwa...
29 September 2024 Yasuwe: 643 0

Umuyobozi wa OIF yabiruye abo bireba gukemura ikibazo cya Liban kitarafata akarere kose

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo, ahangayikishijwe cyane n’ibikomeje kubera mu gihugu cya Liban kandi ababajwe n’impfu z’inzirakarengane zikomeje gupfa...
29 September 2024 Yasuwe: 500 0

Israel yigambye kwica undi muyobozi wa Hezbollah mu nkengero za Beirut

Israel iravuga ko yishe undi muyobozi mukuru w’umutwe wa Hezbollah, ufatwa nk’uw’iterabwoba n’ibihugu bitandukanye, mu gitero cy’indege mu nkengero za Beirut.
29 September 2024 Yasuwe: 643 0

Misante yahumurije Abanyarwanda bikangaga ko Marburg yabashyiramuri Guma mu Rugo

Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yatangaje ko nubwo icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu Rwanda, nta kintu na kimwe gihagaritswe.
29 September 2024 Yasuwe: 1007 0

Hari ubwoba ko Kiyovu Sports ishobora gusenyuka kubera gutsindwa umusubirizo

Ikipe ya Kiyovu Sports yirahirwaga na buri wese mu myaka ibiri ishize, igeze aharindimuka nyuma y’uko icyitwa intsinzi ikibara nk’inkuru, ibyishimo mu bafana bikaba iyanga ndetse n’ubuyobozi...
29 September 2024 Yasuwe: 715 0