skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Perzida Kagame na Tshisekedi bategerejwe muri OIF izabera mu Bufaransa

Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bategerejwe i Paris mu Bufaransa aho bazakirwa na Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu.
30 September 2024 Yasuwe: 1245 0

Nduhungirehe yahishuye kidobya mu mugambi wo gusenya FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe; yemeje amakuru y’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari yo iheruka kudobya gahunda yo gusenya umutwe wa...
30 September 2024 Yasuwe: 1003 0

Amabasaderi w’u Burusiya mu Rwanda yakiriwe na Gen (Rtd) Kabarebe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) Kabarebe James yakiriye Alexander Polyakov, Ambasaderi w’Igihugu cy’u Burusiya mu Rwanda mu gitondo cyo kuri...
30 September 2024 Yasuwe: 819 0

Rwanda: Abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg bageze ku 8

Kuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yemeje ko abandi bantu babiri bishwe n’icyorezo cya Marburg.
30 September 2024 Yasuwe: 880 0

Umuyobozi Wa Hamas Muri Lebanon Nawe Yishwe

Uwishwe yari asanzwe akorera mu Majyepfo ya Lebanon akaba yishwe n’igitero cy’indege za Israel cyaraye kigabwe mu ijoro ryacyeye, akaba yitwa Fateh Sherif Abu el-Amin.
30 September 2024 Yasuwe: 1369 0

Libani, Siriya na Irani batangiye icyunamo cy’iminsi 5 kubera Isiraheli

Mu gihe kirenga icyumweru, ingabo za Isiraheli zakomeje gutera ibisasu muri Libani, hagamijwe kurandura Hezbollah. Bwa mbere kuva intambara yatangira, Leta ya Isiraheli yibasiye umujyi wa Beirut.
30 September 2024 Yasuwe: 888 0

Uko Ntwali na bagenzi be bakina hanze bitwaye mbere yo kwitabira Amavubi

Mu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 30 Nzeri 2024 hatangira umwiherero abakinnyi b’Amavubi bitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika kizabera muri Maroc mu 2025, muri iyi nkuru...
30 September 2024 Yasuwe: 915 0

“Ntabwo nabona amafaranga yo gukorana na Diamond Platnumz” ! Spice Diana

Spice Diana avuga ko gukorana na Diamond Platnumz byamusaba amafaranga atari yakorera muri muzika yemeza ko ahenze cyane.
30 September 2024 Yasuwe: 608 0

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byeruye no muri Yemen

Igisirikare cya Israel kivuga ko cyagabye ibitero byinshi byo mu kirere ku birindiro by’inyeshyamba z’Aba-Houthi muri Yemen, ibikomeje kongera amakimbirane yagutse mu karere nyuma y’ibitero bya...
30 September 2024 Yasuwe: 769 0

Perezida Kagame ategerejwe mu ruzinduko rwa mbere muri Latvia

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ategerejwe mu ruzinduko rwe rwa mbere rw’akazi agirira muri Repubulika ya Latvia guhera tariki ya 1 kugeza ku ya 3 Ukwakira 2024.
30 September 2024 Yasuwe: 463 0