Abagaba bakuru b’ingabo bo mu bihugu bigize Umuryango w’iterambere w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) bateraniye, kuwa Kabiri, itariki ya 1 Ukwakira 2024, ku nshuro yabo ya mbere i Goma muri...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko kuva uyu munsi ku wa Kane tariki 03 kugeza tariki 04 Ukwakira 2024, mu gihugu hose hateganyijwe umuyaga mwinshi ufite...
Ibinyamakuru bitatu bikomeye byo muri Tanzania byabaye bihagaritswe ku mbuga za internet nyuma yo gutangaza amashusho ya ’animation’ abategetsi bafata ko anenga Perezida Samia Suluhu Hassan.
Uko iterambere rirushaho kwihuta ni na ko hirya no hino ku Isi umubare w’abibasirwa n’indwara ziterwa no guhindura imibereho, imirire, ingaruka zayo n’ibindi birushaho kwiyongera.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ukwakira 2024, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gutangira kugerageza urukingo n’ubuvuzi bwo kuvura...
Hari ingingo z’ingenzi abashakanye bakwiriye kuba bazi by’umwihariko mu gihe bari mu gikorwa cyubashywe cyo gutera akabariro. Muri iyi nkuru turarebera hamwe ibyo wakwitaho cyane mu gihe muri muri...
Ihuriro Alliance Fleuve Congo – rifite umutwe wa M23 - rivuga ko ibyatangajwe n’umukuru wa MONUSCO muri DR Congo ko M23 yinjiza amadolari 300,000$ ku kwezi mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya...