Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 03 Ukwakira 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri mu ruzinduko mu Bufaransa, yagiranye ibiganiro na Charles Michel, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe...
AZAM FC yo muri Tanzania yemeye gutanga ibihumbi 350$ ngo ibone umukinnyi wo hagati wa APR FC, Seidu Dauda Yussif ndetse na myugariro wa Police FC, Issah Yakubu.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Uganda iri hafi guhangana na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri iki gihugu ashinja kubahuka Perezida Yoweri...
Ku wa Kane, itariki 03 Ukwakira 2024, u Bwongereza bwavuze ko buzaha Igihugu cya Mauritius Ibirwa bya Chagos mu masezerano bwavuze ko atanga ejo hazaza h’u Bwongereza na Amerika.
Umukuru wungirije w’intara ya Kivu ya Ruguru yavuze ko iperereza ku cyateye iyi mpanuka yahitanye abantu nibura 28 rigikorwa, ariko abari baburimo ntibashidikanya ko ari ukurunda abantu amagana mu...
Muri Repubulika ya demukarasi ya Kongo, ubwato bwari buturutse muri lokalite ya Minova mu teritware ya Kalehe mu ntara ya Kivu ya ruguru bwarohamiye hafi n’icyambu cya Kituku mu mujyi wa Goma.
Amakuru aravuga ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ari gutegura mu ibanga uko Itegeko Nshinga ryahinduka kugira ngo azongere yiyamamaze.