skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Musenyeri Ntagungira Jean Bosco waragijwe Diyosezi ya Butare yimitswe

Antoine Cardinal Kambanda yahaye ubwepiskopi Musenyeri, Jean Bosco Ntagungira, waragijwe Diyosezi ya Butare asimbuye Musenyeri Filipo Rukamba wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.
6 October 2024 Yasuwe: 2351 0

Umukino wa APR FC na Rayon Sports wahinduriwe amatariki byakirwa ukundi

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwatangaje ko Umukino wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports wari uteganyijwe tariki 19 Ukwakira wasubitswe nyuma yaho APR FC itanze ubusabe ko ingengabihe...
5 October 2024 Yasuwe: 7328 0

Trump Agira Netanyahu Inama yo Kurasa vuba Iran no mu bice byayo biteye ubwoba

Donald Trump uri mu bashaka kuyobora Amerika mu ishyaka ry’Aba Republicans yavuze ko Netanyahu akwiye kurasa inganda za Iran zikora ibisasu bya kirimbuzi, ibindi bikazaza nyuma.
5 October 2024 Yasuwe: 5398 0

Uganda: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yatunguranye ku rubyiniro akuriwe(Amafoto)

Mu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki 4 Ukwakira 2024, umuhanzikazi wo muri Uganda Sheebah Karungi yatunguranye mu gitaramo atwite inda nkuru bigaragara ko yitegura kwibaruka umwana wa mbere.
5 October 2024 Yasuwe: 3486 0

Paul Pogba wari warahagaritswe imyaka 4 adakina aragaruka mu kibuga vuba

Umufaransa Paul Pogba wari umaze igihe yarafatiwe ibihano byo kumara imyaka ine adakina umupira w’amaguru, azagiye kongera kugaruka mu kibuga nyuma yo kugabanyirizwa ibihano.
5 October 2024 Yasuwe: 2888 0

REG WBBC yatangiye neza imikino ya nyuma ya kamarampaka (Amafoto)

REG WBBC yatsinze APR WBBC amanota 68-67 mu mukino wa mbere mu ya nyuma ya Kamarampaka muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Basketball y’abagore.
5 October 2024 Yasuwe: 2432 0

Abashakashatsi bagaragaje ko Isi yabonye ukundi Kwezi kuyimurikira

Nyuma y’inyigo zitandukanye zimaze ibyumweru zikorwa n’abashakashatsi mu by’Isanzure banyuranye, hemejwe bidasubirwaho ko Isi yabonye ukundi Kwezi kwiyongera ku kwari gusanzwe kuyimurikira.
5 October 2024 Yasuwe: 2723 0

Israel yatangaje abasirikare yatakaje,yanavuze aba Hezbollah imaze kwica

Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kimaze kwivugana abarwanyi bo mu mutwe wa Hezbollah babarirwa muri 250, nyuma yo kuwutangizaho ibitero byo ku butaka.
5 October 2024 Yasuwe: 2940 0

Kenya:Inkubiri yo kweguza Visi Perezida bashaka ko igera no kuri Perezida Ruto

Mu gihe muri Kenya hakomeje inkubiri yo kweguza Visi Perezida Rigathi Gachagua, bamwe mu banya-Kenya basabye ko niyegura, byazaba bityo no kuri Perezida Ruto.
5 October 2024 Yasuwe: 2178 0

Abaturage mu Burundi basabwe gutera inkunga amatora ya 2025

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Iterambere Rusange n’Umutekano mu Burundi yasabye Abarundi gutera inkunga y’amafaranga amatora rusange ateganyijwe muri Gicurasi 2025.
5 October 2024 Yasuwe: 2058 0