Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwatangaje ko Umukino wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports wari uteganyijwe tariki 19 Ukwakira wasubitswe nyuma yaho APR FC itanze ubusabe ko ingengabihe...
Donald Trump uri mu bashaka kuyobora Amerika mu ishyaka ry’Aba Republicans yavuze ko Netanyahu akwiye kurasa inganda za Iran zikora ibisasu bya kirimbuzi, ibindi bikazaza nyuma.
Mu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki 4 Ukwakira 2024, umuhanzikazi wo muri Uganda Sheebah Karungi yatunguranye mu gitaramo atwite inda nkuru bigaragara ko yitegura kwibaruka umwana wa mbere.
Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kimaze kwivugana abarwanyi bo mu mutwe wa Hezbollah babarirwa muri 250, nyuma yo kuwutangizaho ibitero byo ku butaka.
Mu gihe muri Kenya hakomeje inkubiri yo kweguza Visi Perezida Rigathi Gachagua, bamwe mu banya-Kenya basabye ko niyegura, byazaba bityo no kuri Perezida Ruto.