Umuhanzi wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Jacquelyn Suzette Wright-Johnson uzwi cyane nka Jaguar Wright asanga Jay Z n’umugore we Beyoncé ari bo bakwiye gukurikiranwa kuko bahangayikishije...
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean-Jacques Purusi, yatangaje ko abamaze kumenyekana bapfiriye mu mpanuka y’ubwato mu Kiyaga cya Kivu ari 78.
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yatangaje ko ibisasu biherutse kuraswa muri Israel bikozwe n’Ingabo za Iran ari ’igihano gito gishoboka’ cyari gikwiriye guhabwa Israel,...
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua yatanze ikirego mu rukiko rukuru i Nairobi asaba guhagarika ibirego ashinjwa n’Abadepite bigamije kumweguza mu ntangiriro z’iki cyumweru.
Uwitwa Karangwa, uri mu myaka 40, akomeje kubura kuva ku itariki ya 20 Nzeri 2024 nyuma yo gushimutirwa iwe mu gace ka Kijumbura muri Komini Giteranyi mu Ntara ya Muyinga (mu majyaruguru...
U Rwanda rwemerewe ko mu mwaka utaha wa 2025, ruzakira Inama ya 47 y’Abaminisitiri b’ibihugu bigize Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF).