Igisirikare cya Israel (IDF), cyemeje ko hari abasirikare bacyo umunani baguye mu mirwano iri gusakiranya ingabo zacyo n’abarwanyi bo mu mutwe wa Hezbollah.
Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison Thorpe, yatangaje ko guverinoma y’igihugu cyabo nta gahunda ifite yo gusaba u Rwanda kuyisubiza amafaranga yaruhaye muri gahunda yo kwakira abimukira.
Nyirangirimana Euphraise w’imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Musasa, Akagari ka Raro, Umurenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke yakubiswe n’inkuba mu mvura yagwaga mu ma saa cyenda z’igicamunsi ku wa...
Kuva mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa 02 Ukwakira 2024 mu mujyi muto wa Sake uherereye muri Teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu ya Ruguru hongeye kumvikana imirwano ikaze yasakiranyije ingabo...