Général de Brigade Esmail Quaani wayoboraga umutwe udasanzwe w’Ingabo za Iran (Quds), yaburiwe irengero nyuma yo gusura Umujyi wa Beirut umaze iminsi uraswaho n’Ingabo za Israel.
Rutahizamu w’Umunya-Sénégal, Fall Ngagne yabonye izamu mu mukino wa gicuti Rayon Sports yatsinzemo Mukura VS ibitego 2-1, kuri iki Cyumweru kuri Kigali Péle Stadium.
Mu gihe u Rwanda rukomeje guhangana na virusi ya Marburg abatega nabakoresha moto barasabwa kwitwararika no kugirira amakenga kasike (casque), bambara bakayigirira isuku ihagije mu rwego rwo...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahaye Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda gasopo, nyuma yo kotsa igitutu Ambasaderi wazo i Kampala.
Mbere yaho mu gitondo cyo ku gatandatu, Perezida wa DR Congo Félix Tshisekedi yari yatashye atitabiriye imirimo yose y’iyo nama kuri uwo munsi wa nyuma.
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yateganyaga guhuriza mu biganiro ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi, gusa birangira bimunaniye bitewe na Tshisekedi...
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Bufaransa aravuga ko Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yigaragambije kuri mugenzi we, Emmanuel Macron.