skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

DR Congo: Leta yavuze bamwe mu bagomba kuryozwa Abatikiriye mu mpanuka y’ubwato

Mu ruzinduko ahabereye impanuka y’ubwato iherutse koreka abantu barenga 30 abandi bakekerwa mu magana bakaba bakibura, minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa DR Congo yavuze abagomba kubazwa iyi...
7 October 2024 Yasuwe: 2865 0

Gen.wa Special Force ya Iran yaburiwe irengero hatungwa agatoki Israel

Général de Brigade Esmail Quaani wayoboraga umutwe udasanzwe w’Ingabo za Iran (Quds), yaburiwe irengero nyuma yo gusura Umujyi wa Beirut umaze iminsi uraswaho n’Ingabo za Israel.
7 October 2024 Yasuwe: 2267 0

Rayon Sports yagaritse Mukura iwayo mu mukino wa gicuti(Amafoto)

Rutahizamu w’Umunya-Sénégal, Fall Ngagne yabonye izamu mu mukino wa gicuti Rayon Sports yatsinzemo Mukura VS ibitego 2-1, kuri iki Cyumweru kuri Kigali Péle Stadium.
7 October 2024 Yasuwe: 1906 0

Abagenda kuri moto basabwe kugira amakenga ya kasike birinda Marburg

Mu gihe u Rwanda rukomeje guhangana na virusi ya Marburg abatega nabakoresha moto barasabwa kwitwararika no kugirira amakenga kasike (casque), bambara bakayigirira isuku ihagije mu rwego rwo...
7 October 2024 Yasuwe: 1273 0

Amerika yahaye Gen Muhoozi gasopo uherutse kuyihangara

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahaye Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda gasopo, nyuma yo kotsa igitutu Ambasaderi wazo i Kampala.
7 October 2024 Yasuwe: 1646 0

Impamvu muzi yateye Perezida Tshisekedi gutaha inama ya OIF itarangiye

Mbere yaho mu gitondo cyo ku gatandatu, Perezida wa DR Congo Félix Tshisekedi yari yatashye atitabiriye imirimo yose y’iyo nama kuri uwo munsi wa nyuma.
7 October 2024 Yasuwe: 1400 0

U Rwanda rwatangiye gukingira Abaganga Marburg nk’urwego yibasiye cyane

U Rwanda rwatangije kuri iki cyumweru gukingira indwara y’umuriro ukabije iterwa na virusi ya Marburg imaze iminsi igaragaye muri iki gihugu.
7 October 2024 Yasuwe: 2836 0

Netanyahu yikomye Perezida Macron w’u Bufaransa ushaka kumukomanyiriza

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yikomye bikomeye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, nyuma y’uko asabye ibihugu guhagarika guha Israel intwaro mu ntambara irimo muri Gaza.
6 October 2024 Yasuwe: 2840 0

“Guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi byananiye”-Perezida Macron

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yateganyaga guhuriza mu biganiro ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi, gusa birangira bimunaniye bitewe na Tshisekedi...
6 October 2024 Yasuwe: 7147 0

Tshisekedi yigaragambije kuri Perezida Macron ubwo yari mu nama ya OIF

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Bufaransa aravuga ko Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yigaragambije kuri mugenzi we, Emmanuel Macron.
6 October 2024 Yasuwe: 3087 0