skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Kenya Yemeye ko Ingabo Zayo Ziri muri Hayiti Zahabwa Ubutumwa bwa ONU

Perezida William Ruto wa Kenya, yatangaje ko yiteguye ko ingabo z’igihugu cye zagiye gufasha gucunga umutekano muri Hayiti zahinduka iz’Umuryango w’Abibumbye
22 September 2024 Yasuwe: 325 0

Tanzania: Polisi iri kwikanga akandi kaga k’imyigaragambyo mu gihugu

Inzego z’umutekano muri Dar es Salaam zakajije umutekano nyuma y’uko ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya Chadema ritangaje ko ku wa Mbere tariki 23 Nzeri 2024 abayoboke baryo bazakora...
22 September 2024 Yasuwe: 448 0

Imibare iragaragaza ko Abana bata ishuri mu Rwanda bageze kuri 6%

Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Joseph Nsengimana yagaragaje ko mu mpinduka zikomeye zabaye muri uru rwego mu myaka 30 ishize, ari ukubaka ibikorwaremezo abana bigiramo n’ibibafasha kwiga neza...
22 September 2024 Yasuwe: 513 0

Burya yari amashengo!Putin wari wavuze ko ashyigikiye Kamala Harris

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov yatangaje ko ibiheruka kuvugwa na Perezida Putin ko ashyigikiye kandidatire ya Visi Perezida Kamala Harris byari amashyengo no...
22 September 2024 Yasuwe: 891 0

Israel yugarijwe n’ibisasu bya Hezbollah iravugwaho gufunga ishami rya Al Jazeela i Ramallah

Abasirikare ba Israel bagabye igitero ku biro bya Al Jazeera i Ramallah muri West Bank yigaruriye maze bategeka uyu muyoboro wa televiziyo ifite icyicaro mu Mujyi wa Doha muri Qatar guhagarika...
22 September 2024 Yasuwe: 786 0

RDC: Gen Tshiwewe agiye gusura mugenzi we wa Uganda Gen Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umujyanama wihariye wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa byihariye bya gisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, ateganya guhura mu gihe cya vuba na mugenzi...
21 September 2024 Yasuwe: 834 0

RDC iri kwikanga agatsiko kayihungabanya gaturutse muri Afurika y’Epfo

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irikanga ko hari abaturuka muri Afurika y’Epfo bafite umugambi wo kuyihungabanyiriza umutekano.
21 September 2024 Yasuwe: 1092 0

Umubare w’Abanyafurika bakekwaho Mpox watumbagiye ugera hafi 30 000

Umubare w’abantu banduye indwara ya Mpox ku mugabane w’Afurika wazamutse ugera ku 29 152, harimo 6 105 byemejwe n’abaganga ko banduye, mu gihe 738 bishwe n’icyo cyorezo, kuva mu ntangiriro za 2024,...
21 September 2024 Yasuwe: 302 0

Kenya: Gukura mu butegetsi Visi Perezida byatangiriye ku kumwirukana mu itsinda rya WhatsApp

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yahishuye ko yakuwe mu itsinda ry’urubuga rwa WhatsApp rya Perezida William Samoei Ruto, agaragaza ko hashobora kuba hari umugambi mubisha uri inyuma y’iki...
21 September 2024 Yasuwe: 719 0

Gen Muhoozi yanditse kuri X ye ko adashaka gusimbura se kuko UPDF ikimukeneye

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atacyiyamamarije kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri 2026; aharira se Yoweri Kaguta Museveni.
21 September 2024 Yasuwe: 1023 0