Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Joseph Nsengimana yagaragaje ko mu mpinduka zikomeye zabaye muri uru rwego mu myaka 30 ishize, ari ukubaka ibikorwaremezo abana bigiramo n’ibibafasha kwiga neza...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov yatangaje ko ibiheruka kuvugwa na Perezida Putin ko ashyigikiye kandidatire ya Visi Perezida Kamala Harris byari amashyengo no...
Abasirikare ba Israel bagabye igitero ku biro bya Al Jazeera i Ramallah muri West Bank yigaruriye maze bategeka uyu muyoboro wa televiziyo ifite icyicaro mu Mujyi wa Doha muri Qatar guhagarika...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umujyanama wihariye wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa byihariye bya gisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, ateganya guhura mu gihe cya vuba na mugenzi...
Umubare w’abantu banduye indwara ya Mpox ku mugabane w’Afurika wazamutse ugera ku 29 152, harimo 6 105 byemejwe n’abaganga ko banduye, mu gihe 738 bishwe n’icyo cyorezo, kuva mu ntangiriro za 2024,...
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yahishuye ko yakuwe mu itsinda ry’urubuga rwa WhatsApp rya Perezida William Samoei Ruto, agaragaza ko hashobora kuba hari umugambi mubisha uri inyuma y’iki...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atacyiyamamarije kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri 2026; aharira se Yoweri Kaguta Museveni.