skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Umuraperi ukomeye P.Diddy Yaguwe Gitumo Na Polisi

Umuraperi wo muri Amerika uri mu bakunzwe guhera mu myaka ya 1990 kuzamura witwa Sean ‘Diddy’ Combs yatawe muri yombi na Polisi ubwo yifotozanyaga n’abafana
17 September 2024 Yasuwe: 596 0

U Burundi:Kugura isukari birasaba umugabo bigasiba undi kubera uburyo ihenze

Abaturage bo mu Burundi bararira ayo kwarika nyuma y’uko uruganda rwa Leta rutunganya isukari, Société Sucrière du Moso [Sosumo], rutangaje impinduka ku giciro cy’isukari aho ikilo kimwe cyaguraga...
17 September 2024 Yasuwe: 519 0

MININFRA yatangaje ko kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II bidakwiye kurenza 2027

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Bwana Olivier Kabera, yasuye urugomero rw’amashanyarazi rurimo kubakwa rwa Nyabarongo II asaba ko hakwihutishwa imirimo yo kurwubaka rukaba...
16 September 2024 Yasuwe: 548 0

Nyirasafari yabimburiye abandi kwinjira muri Sena nk’uhagarariye Umujyi wa Kigali

Senateri Nyirasafari Espérance yatorewe kuba Umusenateri uhagarariye Umujyi wa Kigali ku majwi 63/115 y’abagize inteko itora, akaba yari asanzwe ari Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda.
16 September 2024 Yasuwe: 1364 0

Tanzania: Ikibazo cy’ishimutwa cyamaganwe n’Abepisikopi

Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Tanzania yamaganye ishimutwa n’ubwicanyi bikomeje kumvikana muri iki gihugu, basaba inzego zishinzwe umutekano kubihagarika.
16 September 2024 Yasuwe: 339 0

Urukiko rugiye gusuzuma ikirego cy’umudepite wareze Perezida Zelensky kugundira ubutegetsi

Urukiko rwo muri Ukraine rugiye gusuzuma ikirego cyatanzwe n’Umudepite utavuga rumwe n’ubutegetsi muri iki gihugu, Aleksandr Dubinski wagaragaje ko Perezida Volodymyr Zelensky ayoboye igihugu mu...
16 September 2024 Yasuwe: 542 0

U Rwanda ruzakingira ’Mpox’ niba itsinda ryiga uko byakorwa ribihaye umugisha

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hari itsinda ryashyizweho riri gusuzuma uburyo ibikorwa byo gukingira indwara ya Mpox byazakorwa mu baturage.
16 September 2024 Yasuwe: 419 0

Tito Jackson umuvandimwe wa Michael Jackson yapfuye ku myaka 70

Tito Jackson, umwe mu bibanze batangije itsinda rya muzika rya Jackson 5 akaba n’umuvandimwe w’icyamamare Michael Jackson, yapfuye ku myaka 70, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru muri Amerika.
16 September 2024 Yasuwe: 446 0

Rusizi:Yitiranyije umubyeyi we n’idayimoni birangira amukubise ishoka

Umusore w’imyaka 26 wo mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi akurikiranyweho gukubita se umubyara ishoka mu mutwe, nyuma yo kumwitiranya n’ikidayimoni ngo cyamukobaga gishaka kumuniga.
16 September 2024 Yasuwe: 596 0

Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru

Bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bakomeje gufasha amakipe yabo gukomeza kugira intangiriro nziza z’umwaka w’imikino wa 2024/25 babona itsinzi.
16 September 2024 Yasuwe: 338 0