Umuraperi wo muri Amerika uri mu bakunzwe guhera mu myaka ya 1990 kuzamura witwa Sean ‘Diddy’ Combs yatawe muri yombi na Polisi ubwo yifotozanyaga n’abafana
Abaturage bo mu Burundi bararira ayo kwarika nyuma y’uko uruganda rwa Leta rutunganya isukari, Société Sucrière du Moso [Sosumo], rutangaje impinduka ku giciro cy’isukari aho ikilo kimwe cyaguraga...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Bwana Olivier Kabera, yasuye urugomero rw’amashanyarazi rurimo kubakwa rwa Nyabarongo II asaba ko hakwihutishwa imirimo yo kurwubaka rukaba...
Senateri Nyirasafari Espérance yatorewe kuba Umusenateri uhagarariye Umujyi wa Kigali ku majwi 63/115 y’abagize inteko itora, akaba yari asanzwe ari Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda.
Tito Jackson, umwe mu bibanze batangije itsinda rya muzika rya Jackson 5 akaba n’umuvandimwe w’icyamamare Michael Jackson, yapfuye ku myaka 70, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru muri Amerika.
Umusore w’imyaka 26 wo mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi akurikiranyweho gukubita se umubyara ishoka mu mutwe, nyuma yo kumwitiranya n’ikidayimoni ngo cyamukobaga gishaka kumuniga.