skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Netanyahu yashimangiye ko ari mu murongo mwiza wo gusenya Hamas

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko ingabo z’igihugu cyabo ziri mu nzira yo gusenya umutwe witwaje intwaro wa Hamas ugenzura Intara ya Gaza muri Palestine.
6 September 2024 Yasuwe: 451 0

Bitunguranye Vladimir Putin yashyigikiye Kamala Harris

Mu gihe benshi bari biteze ko Perezida w’u Burisiya, Vladimir Putin, ashyigikira Trump basanzwe bafitanye umubano wihariye, yatunguranye avuga ko Kamala Harris ariwe ukwiriye kuyobora USA muri...
6 September 2024 Yasuwe: 856 0

Ali Musagara watangiranye na M23 yageneye ubutumwa Perezida Tshisekedi

Ali Musagara uri mu banyamuryango shingiro bashinze umutwe wa M23, yashimangiye ko intego y’uyu mutwe ari ukubohora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yose hanyuma ukirukana ubutegetsi bubi...
6 September 2024 Yasuwe: 1215 0

Germain Musonera wari ugiye kuba depite wa FPR yahakanye yivuye inyuma gukora jenoside

Germain Musonera, umwe mu bayoboke b’ishyaka FPR-Inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda yahakanye uruhare aregwa muri jenocide asaba gukurikiranwa adafunze.
6 September 2024 Yasuwe: 1857 0

Rubavu: Babiri bakekwa kuba abo mu ngabo za FARDC baje kwiba inka barateshwa

Mu ijoro ryacyeye umuntu witwaje intwaro wari uturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yinjiye mu karere ka Rubavu aje kwiba inka y’umuturage, gusa birangira ayiteshejwe.
5 September 2024 Yasuwe: 757 0

Kenya: Rebecca usiganwa ku maguru yapfuye nyuma y’uko asutsweho lisansi

Umukinnyi wasiganwaga ku maguru w’umunya-Uganda yapfuye nyuma y’iminsi micye arembeye mu bitaro byo muri Kenya, amaze gutwikwa n’uwahoze ari umukunzi we wamusutseho lisansi.
5 September 2024 Yasuwe: 597 0

Musonera wari ugiye kuba Umudepite ubu ukekwaho gukora Jenoside aritaba urukiko

Kuri uyu wa 5 Nzeri 2024, nibwo biteganijwe ko Musonera wari ugiye kuba Umudepite bikanga ku munota wa nyuma kubera amakuru ya menyekanye ko yaba yaragize uruhare muri Jenoside ya korewe abatutsi...
5 September 2024 Yasuwe: 410 0

Ibyamamare Messi na Ronaldo ntibari mu bahataniye Ballon d’Or ya 2024

Ku nshuro ya mbere kuva mu 2003, Lionel Messi na Cristiano Ronaldo ntibagaragaye ku rutonde rw’abazavamo uwegukana Ballon d’Or nk’umukinnyi mwiza w’uyu mwaka ku Isi.
5 September 2024 Yasuwe: 499 0

Kongo Irakira Inkingo za Mbere z’Ubushita bw’Inkende

Ministri w’ubuzima muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo yatangaje ko icyo gihugu kigiye kwakira inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende.
5 September 2024 Yasuwe: 319 0

Perezida Ruto urata umubano afitanye n’u Rwanda yemeje ko yaganiriye na Perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Ruto, yemeje ko yabonanye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, mu Bushinwa, bagirana ibiganiro ku kunoza umubano w’ibihugu byombi no kuri kandidatire ya Odinga ku...
4 September 2024 Yasuwe: 1045 0