Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko ingabo z’igihugu cyabo ziri mu nzira yo gusenya umutwe witwaje intwaro wa Hamas ugenzura Intara ya Gaza muri Palestine.
Mu gihe benshi bari biteze ko Perezida w’u Burisiya, Vladimir Putin, ashyigikira Trump basanzwe bafitanye umubano wihariye, yatunguranye avuga ko Kamala Harris ariwe ukwiriye kuyobora USA muri...
Ali Musagara uri mu banyamuryango shingiro bashinze umutwe wa M23, yashimangiye ko intego y’uyu mutwe ari ukubohora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yose hanyuma ukirukana ubutegetsi bubi...
Kuri uyu wa 5 Nzeri 2024, nibwo biteganijwe ko Musonera wari ugiye kuba Umudepite bikanga ku munota wa nyuma kubera amakuru ya menyekanye ko yaba yaragize uruhare muri Jenoside ya korewe abatutsi...
Ku nshuro ya mbere kuva mu 2003, Lionel Messi na Cristiano Ronaldo ntibagaragaye ku rutonde rw’abazavamo uwegukana Ballon d’Or nk’umukinnyi mwiza w’uyu mwaka ku Isi.
Perezida wa Kenya, William Ruto, yemeje ko yabonanye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, mu Bushinwa, bagirana ibiganiro ku kunoza umubano w’ibihugu byombi no kuri kandidatire ya Odinga ku...