skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Nyanza: Akurikiranyweho gukomeretsa mugenzi we bapfa Indaya

Umusore wo mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gukubita no gukomeretsa mugenzi we bapfa umukobwa wigurisha (indaya).
3 September 2024 Yasuwe: 465 0

Ruhango: bavandimwe bapfuye Igikoma umwe bimuviramo urupfu

Maniragaba Alfred w’Imyaka 34 y’amavuko biravugwa ko yatonganye n’Umuvandimwe we bapfa igikoma aramukubita arapfa.
3 September 2024 Yasuwe: 757 0

Ninde uri inyuma y’uruhuri rw’ibibazo byugarije Rayon sports ? dore ibivugwa mu ikipe ubu

Uruhuri rw’ibibazo muri Rayon Sports rukomeje gutuma abayobozi bakuru b’iyi kipe bagenda bava mu nshingano zabo, ibi bikaba byiyongereye ku bibazo by’imyitwarire y’ikipe mu kibuga, aho itarabasha...
3 September 2024 Yasuwe: 950 0

Kongo:Batangiye Gukoresha Imiti Gakondo Bivura Ubushita bw’Inkende.mp4

Abaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo bakomeje kumvikana bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’icyorezo cy’ubushita bw’inkende. Umubyeyi urwarije umwana mu bitaro by’i...
3 September 2024 Yasuwe: 384 0

Polisi y’u Rwanda n’iya Jordanie zasinyanye amasezerano y’ubufatanye

Polisi y’u Rwanda n’iyUbwami bwa Jordanie, kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Nzeri 2024 zasinyanye amasezerano y’ubufatanye.
3 September 2024 Yasuwe: 318 0

Abatoza batatu b’ikipe y’Igihugu ya Ghana bakoze impanuka

Abatoza batatu barimo Otto Addo, umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru ya Ghana (Black Stars), bakoze impanuka ubwo imodoka barimo yagonganaga n’ikamyo.
3 September 2024 Yasuwe: 333 0

Leta yashyizeho Amabwiriza ibigo by’amashuri bizitwararika mu gukumira MPOX

Leta y’ u Rwanda yashyizeho amabwiriza yo kwirinda icyorezo cy’ ubushita bw’ inkende buzwi nka MPOX mu gihe abanyeshuri barimo gusubira ku ishuri. Ni amabwiriza ajyanye no kugenzura abanyeshuri...
2 September 2024 Yasuwe: 739 0

Urwego rw’Ubucamanza rwagaragaje ikiri gufungisha abantu ku bwinshi

Urwego rw’Ubucamanza rw’u Rwanda rwatangaje ko ibyaha birimo Ubujura, gukubita no gukomeretsa bikomeje kuza ku isonga mu byaha bikorwa cyane bituma bamwe bisanga muri gereza.
2 September 2024 Yasuwe: 1569 0

Ibinyacumi by’imfungwa zarashwe ubwo zageragezaga gucika gereza ya Makala

Imfungwa zibarirwa muri mirongo zarashwe mu cyico izindi zibarirwa mu magana zirakomereka, ubwo zageragezaga gutoroka gereza Nkuru ya Makala.
2 September 2024 Yasuwe: 660 0

MIFOTRA yikomye ibigo byishyuza abanyeshuri bashaka kwimenyereza akazi

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yakebuye ibigo byiganjemo iby’abikorera bisaba amafaranga abashaka kwimenyereza umwuga (internship), ko bidakwiye ahubwo bakwiye kubumva kuko baba...
2 September 2024 Yasuwe: 322 0