Abantu babiri bapfuye mu mujyi wa Yokohama mu Buyapani nyuma y’uko umukobwa w’umwangavu asimbutse hejuru y’igorofa ndende y’ubucuruzi akagwa ku muntu wagendaga hasi n’amaguru.
Serivisi ishinzwe protocol ku rwego rw’Intara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 02 Nzeri2024, hari bushyingurwe imibiri 200 y’abantu bahitanywe n’intambara.
Leta ya Madagascar mu cyumweru gishize yasohoye itegeko ryo gukona hakoreshejwe kubaga umuntu wese wahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana ku ngufu. Ni itegeko ryateje impaka kuva ryatorwa n’inteko...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yashyizeho Sumbu Sita Mambu nk’intumwa ye Nshya yiharariye mu bibazo bya RDC n’u Rwanda asimbuye Serge Tshibangu.
Imodoka ya Bus Jaguar yari iturutse i Kampala yerekeje i Kigali, yakoreye impanuka mu gihugu cya Uganda igeze mu Burengerazuba bwa Uganda mu Karere ka Kalungu ahitwa Kabaale igongana na Fuso nayo...
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 31 Kanama, Minisitiri w’intebe wungirije wa Congo akaba na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Shabani Lukoo, yategetse ihagarikwa ry’agateganyo mu rwego...
Ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonie y’Amajyaruguru yatangaje ko yatandukanye na myugariro mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Rwatubyaye Abdul, amasaha make agaragaye mu mukino yatsinzemo FK Sileks.
Ingabo z’u Rwanda (Diviziyo ya 2 n’iya 5 z’ingabo zirwanira ku butaka) hamwe n’ingabo z’igihugu cya Uganda (Diviziyo ya 2 y’ingabo zirwanira ku butaka) zahuriye mu nama muri Uganda, mu Karere ka...