skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Abahanga bavuga ko ubwonko bw’umuntu buri kwivanga na Pulasitiki ku kigero gikabije

Binyuze mu isuzuma ritandukanye rimaze igihe rikorerwa imirambo, abahanga mu by’ubuvuzi bavumbuye ingano nini y’uduce twa pulasitiki twibika mu bwonko bwa muntu muri iyi minsi, aho byiyongereye ku...
28 August 2024 Yasuwe: 1188 0

Yamamaye kuri Youtube none yafunzwe azira gukangisha abakobwa gutangaza amafoto bambaye ubusa

Umugizi wa nabi wiyoberanyaga ko ari umuhungu uzwi cyane uri munsi y’imyaka 20 utangaza ibiganiro kuri YouTube, wabuzaga amahwemo abakobwa babarirwa mu magana bo mu bice bitandukanye ku isi agatuma...
28 August 2024 Yasuwe: 575 0

Kinshasa - Abagerageje coup d’État ku wa 19 Gicurasi’: basabiwe urwo gupfa

Umushinjacyaha w’urukiko rwa gisirikare yasabiye igihano cyo kwicwa abantu 50 baregwa kugerageza guhirika ku ngufu ubutegetsi bwa Kinshasa tariki 19 Gicurasi(5), uruhande rwabo rwavuze ko icyo...
28 August 2024 Yasuwe: 447 0

Stade Amahoro yatangiye kugaragaza icyasha cy’Ubwatsi bwangiritse n’ amajwi adasohoka neza

Mu ntangiriro za Nyakanga 2024, ni bwo Abanyarwanda batashye ku mugaragaro Stade Amahoro nshya yavuguruwe igashyirwa ku rwego mpuzamahanga.
28 August 2024 Yasuwe: 1144 0

Zelensky avuga ko Ukraine igiye kwereka Amerika ’gahunda y’intsinzi’

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yavuze ko igitero cy’abasirikare b’icyo gihugu mu karere ka Kursk ko mu Burusiya kiri muri "gahunda y’intsinzi" azageza kuri Perezida w’Amerika Joe Biden mu...
28 August 2024 Yasuwe: 881 0

Abakinnyi ba AS Kigali bibutswe nyuma yo kumara igihe bategereje umushahara

Abakinnyi b’amakipe ya AS Kigali na AS Kigali Women Football Club, bahawe amafaranga agabanya umwenda bafitiwe.
27 August 2024 Yasuwe: 359 0

Ukraine Irikwigamba gutsinda mu Karere ka Kursk Ahandi Igataka Ibisasu by’Uburusiya

Umugaba mukuru w’ingabo za Ukraine yavuze ko ingabo ayoboye zigaruriye kilometero kare 1300 z’akarere ka Kursk ko mu Burusiya mu byumweru bitatu zimaze zigabye ibitero ku butaka bw’icyo gihugu.
27 August 2024 Yasuwe: 704 0

Ministiri Biruta yasabye Polisi guhagurukira ibiyobyabwenge mu rubyiruko

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Kanama 2024 yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku cyicaro gikuru ku Kacyiru,...
27 August 2024 Yasuwe: 525 0

RIB yamaze gushyikiriza ubushinjacyaha Dosiye ya Musonera wari ugiye kuba Umudepite

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko dosiye ya Musonera Germain (Jerimani), wari igiye kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko , yamaze gushyikrizwa ubushinjacyaha.
27 August 2024 Yasuwe: 903 0

MINICOM yasunikiye umupira umuhinzi ngo yishakire isoko mbere yo guhinga

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), iratangaza ko mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’umusaruro ubura amasoko, abaturage bakwiye kubanza kumenya isoko bazagurishaho umusaruro wabo mbere yo...
27 August 2024 Yasuwe: 898 0