Umuhungu w’Umutaliyani wari ufite munsi y’imyaka 20 wavukiye i London mu Bwongereza – wari umuhanga mu gukwirakwiza inyigisho za Kiliziya Gatolika ku mbuga za internet bikamuviramo kwitwa...
Perezida wa Zambiya, Edgar Lungu, arashinja Perezida Hakainde Hichilema n’Umukuru wa Polisi wa Zambiya umugambi wo kumuta muri yombi no kumufunga nta mpamvu.
Kuri uyu wa kane Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye Urukiko rw’ubujurire ko rwahamya ibyaha bya jenoside Wenceslas Twagirayezu rukamukatira gufungwa burundu.
Abayobozi ba Ukraine bavuze ko ibitero by’Uburusiya byahitanye byibuze abantu barindwi kuri uyu wa kane , bikomeretsa byibuze abandi 28 mu mujyi wa Kharkiv uherereye mu majyaruguru ya Ukraine.
Amerika na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bivuga ko Perezida Félix Tshisekedi na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken bagiranye ikiganiro kuri telefone ku bibazo...
Ubushinjacyaha bwasabiye Barikana Eugène wahoze ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, gufungwa imyaka ibiri nyuma yo gusanganwa intwaro iwe mu rugo.