skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Papa yaciriye inzira umuhungu ’umenyekanisha Imana’ ngo abe umutagatifu

Umuhungu w’Umutaliyani wari ufite munsi y’imyaka 20 wavukiye i London mu Bwongereza – wari umuhanga mu gukwirakwiza inyigisho za Kiliziya Gatolika ku mbuga za internet bikamuviramo kwitwa...
24 May 2024 Yasuwe: 934 0

Edgar Lungu akomeje guhangana na Perezida Hichilema wamusimbuye

Perezida wa Zambiya, Edgar Lungu, arashinja Perezida Hakainde Hichilema n’Umukuru wa Polisi wa Zambiya umugambi wo kumuta muri yombi no kumufunga nta mpamvu.
24 May 2024 Yasuwe: 499 0

Twagirayezu wavanwe Danemark yasabiwe gufungwa burundu

Kuri uyu wa kane Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye Urukiko rw’ubujurire ko rwahamya ibyaha bya jenoside Wenceslas Twagirayezu rukamukatira gufungwa burundu.
24 May 2024 Yasuwe: 399 0

Ukraine ikomeje gutakambira Amerika ngo iyifashe gutsinda Uburusiya

Abayobozi ba Ukraine bavuze ko ibitero by’Uburusiya byahitanye byibuze abantu barindwi kuri uyu wa kane , bikomeretsa byibuze abandi 28 mu mujyi wa Kharkiv uherereye mu majyaruguru ya Ukraine.
24 May 2024 Yasuwe: 625 0

Rishi Sunak yavuze ko nta mwimukira uzajya mu Rwanda mbere y’amatora

Amatora rusange mu Bwongereza araje – kandi vuba aha abaturage ni bo bagiye kugena ibiyavamo.
23 May 2024 Yasuwe: 1147 0

Blinken na Tshisekedi baganiriye iki kuri telefone?bikije ku Umutekano

Amerika na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bivuga ko Perezida Félix Tshisekedi na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken bagiranye ikiganiro kuri telefone ku bibazo...
23 May 2024 Yasuwe: 1177 0

Abahoze bagize itsinda BLU 3 bagiye kongera guhurira mu ndirimbo

Itsinda ryakanyujijeho mu bihe byashize ry’abakobwa b’abahanzikazi bakomoka mugihugu cya Uganda, ryamamaye ku izina rya BLU 3, ryari rigizwe na Jackie Chandiru, Lilian Mbabazi, na Cindy Sanyu, riri...
23 May 2024 Yasuwe: 519 0

Barikana Eugène wahoze ari Umudepite yemeye icyaha asaba gufungurwa

Ubushinjacyaha bwasabiye Barikana Eugène wahoze ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, gufungwa imyaka ibiri nyuma yo gusanganwa intwaro iwe mu rugo.
23 May 2024 Yasuwe: 1486 0

Irinde Gushyira imiti mu maso utandikiwe na muganga –Inzobere

Inzobere mu kuvura amaso zivuga ko abantu bashyira imiti mu maso batandikiwe na muganga baba biyongerera ibyago byo guhuma.
22 May 2024 Yasuwe: 524 0

Minisitiri w’Intebe wa Tchad utavuga rumwe n’ubutegetsi Yeguye

Minisitiri w’intebe wa Cadi akaba n’umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi, Succes Masra, yatanze ibaruwa isezera ku mirimo ye.
22 May 2024 Yasuwe: 506 0