Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 28 Kanama 2024, bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga batunguwe no kubona amashusho agaragaza umunyamakuru Cyprien Uzabakiriho uzwi nka Djihad ‘yikinisha’ mu...
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangije kuri uyu wa Kane, itariki ya 29 Kanama 2024 i Kinshasa, ubukangurambaga bwiswe “ICC, Ubutabera kuri DRC” nk’uko byatangajwe na Minisitiri...
Umusirikare wo mu ngabo za Ukraine yabwiye BBC ko imwe mu ndege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16, Ukraine yahawe n’inshuti zayo zo mu muryango wo gutabarana mu bya gisirikare w’Uburayi n’Amerika...
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yirukanye mu gisirikare Jenerali Majoro Martin Nzaramba na Col Dr Etienne Uwimana hamwe n’abandi ba ofisiye bakuru n’abato 19 batatangajwe, ku mpamvu zitatangajwe.
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko mu mashuri abanza hagiye gutangwa akazi ku bakozi bashya bashinzwe icungamutungo. MINEDUC yemeza ko aba bakozi bakenewe mu micungire myiza y’umutungo w’ibigo...
Rubavu: Mu masaha ya saa sita zo kuri uyu wa kane, umusirikare bikekwa ko ari uwa FARDC ubwo yari mu butaka bugize urubibi bwa Congo n’u Rwanda yarashe amasasu menshi yerekeza mu Rwanda.