Mu muhango w’irahira rya Perezida Felix Tshisekedi riteganijwe kuri uyu wa 19 Mutarama 2024, ugiye kurahirira kuyobora DRC kunshuro ya kabiri, bamwe mu ba Perezida bamaze gutangaza ko bari...
Muri Tuniziya abimukira 40 baburiwe irengero nyuma yo kwigaba mu bwato berekeza mu Butaliyani mu cyumweru gishize, nkuko bitanganzwa n’inzego z’umutekano zishinzwe kurinda imipaka yo mu mazi.
Mu ntangiro z’uyu mwaka wa 2024, nibwo humvikanye amakuru y’umupasiteri uzwi cyane muri Uganda warusimbutse nyuma yo kuraswaho urufaya rw’amasasu agahitana umurinzi we witwa Richard Muhumuza.
Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC ifatanyije na Wazalendo yakomeje mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama 2024 muri centre ya Karuba, muri Sheferi ya Bahunde, muri...
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Mutaboneka,Akagari ka Kavumu,Umurenge wa Busogo, mu Karere ka Musanze, barashinja ushinzwe umutekano mu Mudugudu kurigisa miliyoni 63Frw, bari bizigamye ngo...
Umunyeshuri witwa Niyomufasha Marie w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa kabiri, mu ishuri rya G.S Binaga ryo mu Murenge wa Mbogo, yafashwe atitira akubita umunwa ku ntebe, ajyanwa kwa muganga...