Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yarahiye ko agiye gusubiza inyuma ingabo za Ukraine mu rwego rwo kugabanya impungenge ko zagaba ibitero ku butaka bw’Uburusiya.
Umuhanda Gakenke-Musanze wari wafunzwe n’inkangu kuva mu ma saa sita z’ijoro tariki 30 Mutarama 2024, mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke ahitwa Buranga,waje kuba nyabagendwa.
Imirwano yakomeje kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama hagati ya M23 n’abarwanyi ba “wazalendo” barwana ku ruhande rw’ingabo za leta ya Congo (FARDC).