Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Leta hari imihoro irimo guha imbonerakure (urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD-FDD), nyuma yo kuyitumiza mu Bushinwa.
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ashobora kujya mu mazi abira nyuma y’ifatwa ry’uwo bivugwa ko ari umujyanama wihariye wa Corneille Nangaa washinze ihuriro...
Leta y’u Burusiya yateguje abategetsi ba Ukraine ko izabica, mu gihe byaba bigaragaye ko bafite aho bahuriye n’igitero cy’iterabwoba cyaraye cyigabwe i Moscow.
Imbere y’urukiko rwa gisirikare, abasikare 11 bo mu ngabo za DRC bitabye ngo bumve ibirego by’ubushinjacyaha by’uko bahunze urugamba bari bahanganyemo n’abarwanyi ba M23.
Imirwano hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo, yongeye kubura guhera saa kumi z’igitondo kuri uyu wa Mbere, aho amakuru agaragara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko irimo kubera ku gasozi ka Ndumba...