Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo yageretse urupfu rw’Abanyafurika y’Epfo ba SANDF kuri RDF na M23 nyuma y’uko baturikanywe n’igisasu cyaturikiye mu birindiro by’ingabo za SADC ziri muri iki...
IMRCT, urwego rwasigaranye inshingano zo kurangiza imanza za Jenoside zaburanishwaga n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga ku Rwanda (TIPR), kuwa Gatanu rwatangaje ko ruzafunga imiryango y’ibiro bya...
Mu mujyi wa Goma,umutekano ukomeje gukazwa kugeza ubwo abasengeraga ku misozi babujijwe kuzongera gukandagiza ibirenge byabo ku misozi bajya gusengerayo.
Mu kiganiro n’abanyamakuru giherutse gutangwa n’umuvugizi wa guverinoma, Patrick Muyaya n’ umuvugizi wa FARDC, Sylvain Ekenge, n’ingabo za Congo, hagarutswe no ku kibazo cyo kuba Kampala yaba...
Rev Dominique Ndagijimana yimitswe nk’umushumba mukuru mushya w’Itorero rya RBCR(Reformed Baptist Convention in Rwanda), rifite ikicaro gikuru mu karere ka Gasabo mu mugi wa Kigali.