Varisito Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi uzwi nka Gen “NEVA” yakuriye inzira ku murima abafite inzozi zo guhungabanya amatora ategerejwe mu mwaka wa 2025.
Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique yatangaje ko Ingabo za Tanzania zizafatanya niz’u Rwanda kurwanya iterabwoba i Cabo Delgado, nyuma y’uko iz’umuryango wa SADC zizaba zimaze kuva muri iyi ntara.
Mu mujyi wa Goma harimo gucurwa umugambi wo kweguza abayobozi b’Intara ya Kivu ya Ruguru, aho aba bayobozi bashinjwa uburangare no kutita ku baturage bityo bikaba bibaviramo kwicwa.
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nanubu ntaragaragara mu ruhame, ndetse aho aherereye hakomeje kuba ibanga.
Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Kinshasa aravuga ko umwe mu basirikare bahafi bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu Antoine Felix Tshisekedi yaba yishwe umurambo...
Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) mu butumwa bw’icyumweru yagejeje ku bakozi bayo, bwavuze ko umutekano “ugenda...