Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye kohereza ubwato bubiri bunini bw’intambara buzwi nka USS Bataan mu Burasirazuba bwo hagati hamwe n’abasirikare babarirwa mu bihumbi barwanira mu mazi mu gukaza...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga yakiriye abatoza bashya ba APR FC mu biro bye; bari baherekejwe na Chairman w’Ikipe, Lt Col Richard Karasira na Team Manager, Rtd Cpt...
Ku nshuro ya mbere kuva intambara hagati ya M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yubura, hatangajwe umubare w’abarwanyi ba M23 biciwe mu mirwano no ku ruhande rw’inyeshyamba za...
Umuyobozi wa CIA aravuga ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, arimo kugerageza kugura igihe mu gihe arimo kwiga uko yakwihorera kuri Yevgeny Prighozin .