skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Nyuma ya Musanze, indi mpanuka ikomeye ibereye Nyamasheke

Imodoka yo mu bwoko bwa ‘Toyota Hiace’ yagonganye n’ikamyo mu Karere ka Nyamashake, umushoferi w’iyi modoka yatwaraga abantu mu buryo bwa rusange yitaba Imana, abagenzi 16 barakomeraka.
21 July 2023 Yasuwe: 2267 0

Perezida wa Congo Denis Sassou Nguesso yatangiye uruzinduko rw’iminsi 2 mu Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Congo Denis Sassou Nguesso yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Nyakanga 2023.
21 July 2023 Yasuwe: 631 0

USA:Umukobwa yishyuwe akayabo nyuma yo kotswa n’inyama y’inkoko ikaranze

Inteko y’iburanisha (jury) yo muri leta ya Florida muri Amerika yategetse ko umwana w’umukobwa w’imyaka umunani ahabwa indishyi y’amadolari 800,000 (miliyoni 941Frw), nyuma yuko ahiye bikomeye ubwo...
21 July 2023 Yasuwe: 1431 0

Amerika yaba igiye guhangana na Iran byeruye? ubwato bw’intambara bwo guhangana

Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye kohereza ubwato bubiri bunini bw’intambara buzwi nka USS Bataan mu Burasirazuba bwo hagati hamwe n’abasirikare babarirwa mu bihumbi barwanira mu mazi mu gukaza...
21 July 2023 Yasuwe: 1661 0

Lt Gen Mubarakh Muganga yamurikiwe Abatoza bashya ba APR FC

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga yakiriye abatoza bashya ba APR FC mu biro bye; bari baherekejwe na Chairman w’Ikipe, Lt Col Richard Karasira na Team Manager, Rtd Cpt...
21 July 2023 Yasuwe: 830 0

Masisi:Bwambere M23 na Wazalendo batangaje abaguye mu mirwano ibahanganishije

Ku nshuro ya mbere kuva intambara hagati ya M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yubura, hatangajwe umubare w’abarwanyi ba M23 biciwe mu mirwano no ku ruhande rw’inyeshyamba za...
21 July 2023 Yasuwe: 1922 0

Abakunzi ba Ruhago bashenguwe n’urupfu rw’uwahoze ari umutoza wa APR FC na Rayon Sports

Umukongomani Andy-Magloire Mfutila wigeze gutoza amakipe arimo APR FC na Rayon Sports ya hano mu Rwanda, yitabye Imana.
21 July 2023 Yasuwe: 1567 0

Umuyobozi wa CIA aremeza ko Putin arimo gushaka uburyo azihimura ku muyobozi wa Wagner

Umuyobozi wa CIA aravuga ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, arimo kugerageza kugura igihe mu gihe arimo kwiga uko yakwihorera kuri Yevgeny Prighozin .
21 July 2023 Yasuwe: 1018 1

RDC:Inzu zisaga 100 zatikiriye mu nkongi y’umuriro muri Kivu y’Epfo 3 barapfa

Inkongi y’umuriro yibasiye agace ka Lugushwa, gaherereye muri Teritwari ya Mwanga, muri Kivu y’Amajyepfo kuwa Kabiri ushize, itariki 18 Nyakanga, ihitana abantu batatu inasenya inzu zisaga 100 .
21 July 2023 Yasuwe: 587 0

Abakennye kurusha abandi bagiye kuzajya bagobokwa n’ikigega gishya leta yatangije

Leta y’u Rwanda n’igihugu cy’u Budage batangije ikigega cy’asaga miliyari 20 y’u Rwanda cyitezweho kuzamura imibereho y’abaturage bakennye cyane mu turere 16 tw’u Rwanda.
21 July 2023 Yasuwe: 633 0