skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Intumwa za Sena y’u Burundi ziyobowe na Visi Perezida zasuye iy’u Rwanda

Visi Perezida wa Sena y’u Burundi, Ndadaye Denise, n’intumwa ayoboye, basuye Sena y’u Rwanda kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023. Baganiriye ku bijyanye no gukomeza umubano hagati y’inteko zishinga...
19 July 2023 Yasuwe: 695 0

Rayon Sport yasinyanye n’umufatanyabikorwa mushya uzajya uyambika isohotse

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Soport bumaze gutangaza ko bwasinyanye amasezerano y’ubufatenye n’umufatanyabikorwa mushya ukora imideri no gushushanya imyambaro igezweho uzwi cyane hano mu Rwanda.
19 July 2023 Yasuwe: 1711 0

Mu karere ka Ruhango haravugwa Umugabo wishe se amukebye ijosi

Mu Murenge wa Kinazi haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 35 witwa Mbarorende Jean Marie, wishe se witwa Ntambara Vincent amukebye ijosi.
19 July 2023 Yasuwe: 888 0

RDF yashyinguye Umusirikare wayo uherutse kwicirwa muri Centrafrica

Sgt Tabaro Eustache uherutse kugwa mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrica,yashyinguwe mu cyubahiro kigenerwa abasirikare mu Irimbi rya gisirikare i Kanombe.
19 July 2023 Yasuwe: 800 0

Zimbabwe yahize kohereza amatoni y’ibigori mu Rwanda

Guverinoma ya Zimbabwe kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023 yatangaje ko iteganya kohereza toni ibihumbi 10 z’ibigori mu Rwanda.
19 July 2023 Yasuwe: 629 0

Ubwongereza: Abategetsi bashobora kugira itegeko umushinga wo kohereza abimukira

Umugambi wa Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, wakomeje guhura n’inzitizi cyane wo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, biteganijwe ko ushobora kuba itegeko nyuma y’uko guverinoma...
19 July 2023 Yasuwe: 337 0

Nigeriya: Umukozi yahanishijwe kuvomesha ikiyiko akuzuza indobo

Mu gihugu cya Nigeria, haravugwa umukoresha wahanishije umukozi we kuvoma amazi yuzuye indobo akoresheje ikiyiko nyuma y’uko ngo aje kukazi yacyererewe.
19 July 2023 Yasuwe: 650 0

Masisi: Biravugwa ko M23 yigaranzuye Nyatura bamaze iminsi barwana

Imirwano mishya ku wa Kabiri yongeye gusakiranya inyeshyamba za M23 ndetse n’izo mu mutwe wa Nyatura ziswe na Guverinoma ya RDC ’Wazalendo’.
19 July 2023 Yasuwe: 1084 1

USA: Trump yarikoroje nyuma yo kwifuza ko u Burayi bwishyura intwaro Amerika yohereza muri Ukraine

Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko u Burayi bukwiriye kwishyura Amerika ku ntwaro ikomeje koherereza Ukraine mu ntambara irimo n’u Burusiya.
19 July 2023 Yasuwe: 648 0

Abanyamahanga bakina shampiyona y’u Rwanda babaye 7

Umwe mu nyanzuro yafatiwe mu nama yahuje abayobozi b’amakipe akina shampiyona y’umupira w’amaguru y’icyiro cya Mbere n’ubuyobozi bw’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, Ferwafa, ni...
19 July 2023 Yasuwe: 891 0