Visi Perezida wa Sena y’u Burundi, Ndadaye Denise, n’intumwa ayoboye, basuye Sena y’u Rwanda kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023. Baganiriye ku bijyanye no gukomeza umubano hagati y’inteko zishinga...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Soport bumaze gutangaza ko bwasinyanye amasezerano y’ubufatenye n’umufatanyabikorwa mushya ukora imideri no gushushanya imyambaro igezweho uzwi cyane hano mu Rwanda.
Sgt Tabaro Eustache uherutse kugwa mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrica,yashyinguwe mu cyubahiro kigenerwa abasirikare mu Irimbi rya gisirikare i Kanombe.
Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko u Burayi bukwiriye kwishyura Amerika ku ntwaro ikomeje koherereza Ukraine mu ntambara irimo n’u Burusiya.