Israel yemeye ubusugire bwa Maroc ku butaka butavugwaho rumwe bwa Sahara y’Iburengerazuba, nk’uko Guverinoma ya Maroc ndetse n’itangazo ry’ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel bivuga.
Erik Hag uyobora Manchester United yambuye ubukapiteni Harry Maguire, nyuma y’uko bivuzwe ko agiye kujya muri West Ham.Biteganijwe ko Ten Hag azatangaza kapiteni mushya mugihe gikwiye, ariko...
Impunzi y’Umunyekongo ikomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge yari iherutse kugera mu nkambi y’impunzi ya Nyarugusu, yo mu gihugu cya Tanzania, mu gitondo cyo kuwa Kane ushize yiciwe muri iyi nkambi...
Uko iminsi yicuma niko ibirego bishya byisukiranya kuri General de Police Alain Guilaume Bunyoni ufunzwe n’ubutegetsi bw’uwo barwananye urugamba kuva mu myaka ya 1990 nyuma bakaza gupfa intebe...
Ikjpe ya APR FC yatangiye gahunda yo kongera gukinisha abanyamahanga, yasinyishije myugariro ukomoka muri Cameroun, inongerera amasezerano Claude Niyomugabo
Mu ijoro ryakeye U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere mu majyepfo ya Ukraine no mu burasirazuba hakoreshejwe drone ndetse na misile zishobora kuba ari izo mu bwoko bwa ballistique, nk’uko...
Umuhanzi Jose Chamelione uherutse kuva mu bitaro muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yavuze ko hari abashakaga ko akomeza kurwara kugirango umuryango we uzime ukene.