Kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 Nyakanga, nibura imirambo 11 yabonetse ku musozi wa Rubona, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, nyuma y’imirwano hagati ya M23 na Mai-Mai Wazalendo .
Icyamamare mu muziki wo mu gihugu cya Tanzania (Bongo Flava Tanzania), Naseeb Abdul Juma Issack, uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Diamond Platnumz, yatangaje ko idini rye rimwemerera gushaka abagore...
Umubiri w’Umusirikare w’u Rwanda uherutse kwicirwa muri Santrafurika, aho yari mu butumwa bwo kugarura amahoro, wagejejwe i Kigali kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga 2023.
Biteganijwe ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ava mu bitaro kuri iki Cyumweru nyuma y’uko nta kosa ryagaragaye mu bizamini by’ubuvuzi by’inyongera nyuma yo kwakirwa mu bitaro...
Ishyaka PPRD rya Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ryasubije Perezida Yoweri Museveni wa Uganda nyuma y’ibyo aherutse gutangaza ashinja Kabila kuba ari we...
Igihugu cya Ukraine cyemeje ko abarwanyi b’Abarusiya ba sosiyete ya Wagner Group bamaze kugera mu gihugu cya Belarus bavuye mu Burusiya. Urwego rushinzwe kugenzura imbibe muri Ukraine rwitwa DPSU...
Mu gihe uri bube urangije gusoma iyi nkuru, birashoboka ko undi munya-Nigeria aba atangiye kugerageza guca umuhigo runaka w’isi mu bintu ubu bihanze iki gihugu gituwe kurusha ibindi muri Africa.