Ku wa Gatanu, Intumwa nkuru ya UN muri Central African Republic, Dr Valentine Rugwabiza, yashyize indabo ku rwibutso ruri mu mbuga y’ahakorera ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro muri kiriya gihugu.
Umutwe w’inyeshyamba zitwa APCLS ku wa Kane zibye inka 100 z’abaturage b’ahitwa Katuunda, muri Segiteri ya Osso Banyungu, muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru.
Ibiro by’umushinjacyaha mukuru w’urukiko mpanabyaha mpuzamahanga ,CPI,kuri uyu wa 13 Nyakanga byavuze ko birimo gukora iperereza ku mibiri byibura 87 yabonetse mu mva rusange muri Leta ya Darfur...
Yevgeniy Prigozhin ukuriye abacanshuro ba Wagner yanze ubusabe bw’uko abarwanyi be binjira mu gisirikare cy’Uburusiya, nk’uko Perezida Vladimir Putin abivuga.
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Brig. Gen. Ronald RWIVANGA aratangaza ko Ingabo z’u Rwanda (RDF) zifite intego yo kongera umubare w’abagore mu gisirikare bakava kuri 7% bariho bakagera byibura kuri...
Kuri uyu wa 14 Kamena 2023 i Kigali hari kubera Inama y’abaminisitiri bahuriye mu ihuriro ry’umuhora wa ruguru, aho bari kurebera hamwe icyakorwa mu guteza imbere ubwikorezi muri uyu muhora ndetse...
Abaturage bo muri Bwito, Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru) basabye, kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, ko ingabo za EAC zoherezwa mu karere kabo gutandukanya inyeshyamba za M23...