Chérubin Okende usanzwe ari umudepite akaba n’Umuvugizi w’Ishyaka Ensemble pour la République ry’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Moïse...
Guhera mu ntangiriro za Nyakanga, Umunyarwanda uba mu Bufaransa arimo gukorwaho iperereza i Paris, cyane cyane ku byaha byibasiye inyokomuntu, akaba kuri ubu afunzwe by’agateganyo mbere...
Umujenerali w’Umurusiya yavuze ko yirukanwe nk’umuyobozi nyuma yo kubwira ubuyobozi bw’ingabo ko ibintu bimeze nabi ku rugamba muri Ukraine aho yavuze ko abasirikare b’u Burusiya bagambaniwe kubera...
Umugore witwa Ivanna Bay uherutse kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Davido, yashinje Burna Boy ko ari umutinganyi agendeye kuri bimwe mu byo amubonaho nk’ibimenyetso.
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Nyakanga, imyigaragambyo yadutse muri Kenya ubwo abaturage bajyaga mu mihanda mu mijyi bamagana izamuka ry’imisoro yahitanye abantu batandatu .
Huw Edwards ari mu bitaro kubera "ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe", nkuko umugore we abivuga, ni nyuma yuko kandi uyu mugore we avuze ko umugabo we ari we munyamakuru wa BBC urimo gushinjwa.
Mu gushaka itike yo kujya mu mikino Olempike izabera i Paris mu Bufaransa umwaka utaha, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore, yanganyije na Uganda ibitego 3-3 mu mukino ubanza.