Uhuru Kenyatta usanzwe ari umuhuza hagati y’inyeshyamba za M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye Tshisekedi ko yakwicarana na M23 bakaganira kugira amahoro agaruke mu...
Uyu munsi kuwa 12 Nyakanga 2023, uwahoze ari Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, ategerejwe mu mujyi wa Goma, mu murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yakiriwe na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, ubwo yatangiraga kuzenguruka ibihugu bitatu byo muri Afurika Tehran ivuga ko ari "intangiriro...
Korea ya Ruguru yarashe igisasu cyambukiranya imigabane (intercontinental ballistic missile, ICBM), nk’uko byemejwe n’abayobozi b’Ubuyapani na Korea y’Epfo.
Mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo abantu 5 biciwe muri teritwari ya Kiwanja n’abakekwa kuba abarwanyi b’umwe mu mitwe yitwaje intwaro yo muri ako gace.