Umusirikare w’u Rwanda wo mu butumwa bwo kugarura ituze muri Centrafrique, buzwi nka MINUSCA, yiciwe mu gitero cy’abitwaje intwaro ubwo yari ari ku irondo.
N’ubwo gahunda yo kohereza impunzi mu Rwanda ikomeje kugorana Amapawundi ari mu masezerano yo gutungira izi mpunzi mu Rwanda Ubwongereza bwari kohereza yo yamaze kuza!
Kuri uyu wa Mbere Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida mu Burusiya, Dmitry Peskov yatangaje ko Perezida Putin yahuye n’abayobozi ba Wagner Group barimo Yevgeny Prigozhin.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gakenke, mu Mudugudu wa Musekera Akagari ka Sereri, mu Murenge wa Kivuruga,bavuze ko bahangayikishijwe n’ubujura bwibasira amatungo n’imyaka, bagasaba inzego...