skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Rwanda: Ibiciro ku isoko byiyongereyeho 20,4% mu kwezi gushize kwa Kamena 2023

Igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu Rwanda kigaragaza ko muri Kamena 2023 byiyongereyeho 20,4% hakomatanyijwe ibyo mu mijyi no mu byaro.
11 July 2023 Yasuwe: 405 0

Uganda: Impanuka y’ubwato yaroshye abantu 13 mu ruzi rwa Nil

Polisi ya Uganda yemeje ko abantu 13 barohamye mu mugezi wa Nil bari mu bwato, harokokamo bane gusa.
11 July 2023 Yasuwe: 453 0

Peterori igiye gucukurwa muri Uganda hari amahirwe ko izagezwa no mu Rwanda

Umuyobozi w’inama y’ubuyobozi bwa Mahathi Infra Uganda Ltd, Steve Omenge Mainda, yahishuye imigambi ya Uganda yo kubaka umuyoboro (Pipeline) uzajya unyuzwamo peteroli uzava Bukasa, ugakomeza...
11 July 2023 Yasuwe: 637 0

Nigeriya: Abajura bapfumuye umuyoboro wa peterori barayiba

Sosiyeti icukura Peterori muri Nijeriya yatangaje ko umuyoboro mugari utwara litiro ibihumbi 800 wapfumuriwe rwagati mu nzira yawo yerekeza muri Cameroon.
11 July 2023 Yasuwe: 555 0

Ubwongereza: Ken Clarke wakunze kurwanya kohereza abimukira yahinduye ibitekerezo

Uwahoze ari minisitiri w’umutekano w’imbere Bwongereza, Ken Clarke, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda igomba ’guhabwa amahirwe’ yo guca ubwato bwambukiranya...
11 July 2023 Yasuwe: 600 0

Kenya:Iby’abapfuye biyirije ubusa bikomeje gufata indi ntera

Mu mezi macye ashize nibwo muri Kenya hamenyekanye amakuru y’abaturage bategetswe na Pasiteri kwiyiriza ubusa iminsi 40 batarya batanywa kugirango bazasanganire Yesu , ariko nyuma benshi baza...
11 July 2023 Yasuwe: 594 0

RDC: Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’Intebe ushinjwa kunyereza akayabo ari gukurikiranwa

Umushinjacyaha mukuru mu rukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahamagaje Senateri Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’intebe, aho agomba kwitaba kuri...
11 July 2023 Yasuwe: 282 0

Sudani yanze kwitabira ibiganiro biyishakira amahoro ishinja Kenya ubugambanyi

Abayobozi bo mu bihugu bigize umuryango wa IGAD (Djibouti, Ethiopia, Kenya, Sudani) bahuriye i Addis Abeba kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Nyakanga, baganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’inzira...
11 July 2023 Yasuwe: 210 0

Nyuma y’igihe gito asezerewe mu bitaro Chameleone yatunguranye mu gitaramo

Umuhanzi Jose Chameleone Mayanja, yatunguranye ataramira abakunzi be mu gitaramo cyabereye mu mujyi wa Toronto muri Canada, nyuma y’amasaha make asezerewe mu Bitaro.
11 July 2023 Yasuwe: 380 0

Pologne iri gutinya Wagner yashyize uburinzi bukaze ku mupaka uyihuza na Belarus

Abacanshuro b’Abarusiya bo mu kigo cya Wagner bimukiye muri Belarus mu rwego rw’amasezerano yakozwe kugira ngo bahagarike imyivumbagatanyo yabo batumye Pologne irushaho kwikanga cyane umuturanyi...
11 July 2023 Yasuwe: 471 0