skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

U Burusiya bwashwanyaguje missiles za Ukraine yari irashe muri Crimea, Rotsov na Bryansk

U Burusiya bwahanuye ibisasu bya Ukraine byari bigiye kurasa mu gace ka Crimea, mu gihe ibindi bitatu byo byahanuwe bigiye kurasa mu gace ka Rotsov na Bryansk, ku mupaka utandukanya ibihugu byombi.
10 July 2023 Yasuwe: 807 0

Perezida wa Iran ategerejwe muri Uganda nyuma ya Kenya na Zambia

Ibrahim Raisi uyobora Iran azasura Uganda mu minsi ibiri iri imbere. Azabanza gusura Kenya akurikizeho Uganda azakomereze muri Zambia. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga...
10 July 2023 Yasuwe: 577 1

Perezida Kagame yashimiwe umubano mwiza yambikwa Umudali w’Icyubahiro

Perezida Paul Kagame yambitswe Umudali w’Icyubahiro muri Bahamas uzwi nka "Order of Excellence", mu kumushimira umubano mwiza n’ubushuti afitanye na Guverinoma y’iki gihugu. Umudali Perezida...
10 July 2023 Yasuwe: 1096 0

Ukekwaho ubujura mu karere ka Rubavu yarashwe mu kico n’inzego z’umutekano

Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 9 Nyakanga 2023,inzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu zarashe umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25, akekwaho ubujura arapfa.
10 July 2023 Yasuwe: 706 1

Umuhanda Giti cy’inyoni-Nzove-Ruli-Gakenke ntukiri nyabagendwa

Imirimo yo kubaka urugomero rwa Nyabarongo ya II ruhuza uturere twa Gakenke na Rulindo irakomeje,imashini zabugenewe zamaze gutobora umusozi aho umugezi wa Nyabarongo wayoberejwe ku rugomero....
10 July 2023 Yasuwe: 1810 0

Perezida Biden watunguranye aha Ukraine intwaro “zitemewe ku rugamba” yasuye Ubwongereza

Kuri iki Cyumweru nibwo Perezida wa America, Joe Biden yageze mu Bwongereza, akaba ari i Burayi yitegura inama y’umuryango wa Nato/OTAN izabera muri Lithuania muri iki cyumweru.
10 July 2023 Yasuwe: 609 0

U Burundi:Bari mu kababaro ko kubura Ambasaderi wabo waguye mu Misiri bitunguranye

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane mu Burundi yatangaje kuri iki Cyumweru urupfu rwa Ambasaderi w’u Burundi mu Misiri, Cheik Rachid Malachie Niragira.
10 July 2023 Yasuwe: 391 0

Gabon: Prez. Ali Bongo yamaze gushimangira ko azahatanira manda ya 3

Kuri iki Cyumweru Perezida Ali Bongo wa Gabon yatangaje ko aziyamamaza mu matoa ya Perezida ataha, akaba ari manda ya Gatatu azaba ahatanira.
10 July 2023 Yasuwe: 151 0

RDC: Operasiyo idasanzwe yahitanye ibyihebe bitatu bya ADF yazengereje Uganda

Ingabo za Uganda zifatanyije n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri iki cyumweru tariki ya 9 Nyakanga 2023, bishe abarwanyi batatu(3) b’inyeshyamba zo mu mutwe w’iterabwoba wa ADF mu kibaya...
10 July 2023 Yasuwe: 329 0