U Burusiya bwahanuye ibisasu bya Ukraine byari bigiye kurasa mu gace ka Crimea, mu gihe ibindi bitatu byo byahanuwe bigiye kurasa mu gace ka Rotsov na Bryansk, ku mupaka utandukanya ibihugu byombi.
Ibrahim Raisi uyobora Iran azasura Uganda mu minsi ibiri iri imbere. Azabanza gusura Kenya akurikizeho Uganda azakomereze muri Zambia.
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga...
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 9 Nyakanga 2023,inzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu zarashe umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25, akekwaho ubujura arapfa.
Imirimo yo kubaka urugomero rwa Nyabarongo ya II ruhuza uturere twa Gakenke na Rulindo irakomeje,imashini zabugenewe zamaze gutobora umusozi aho umugezi wa Nyabarongo wayoberejwe ku rugomero....
Kuri iki Cyumweru nibwo Perezida wa America, Joe Biden yageze mu Bwongereza, akaba ari i Burayi yitegura inama y’umuryango wa Nato/OTAN izabera muri Lithuania muri iki cyumweru.
Ingabo za Uganda zifatanyije n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri iki cyumweru tariki ya 9 Nyakanga 2023, bishe abarwanyi batatu(3) b’inyeshyamba zo mu mutwe w’iterabwoba wa ADF mu kibaya...