Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze iratangaza ko yataye muri yombi abantu bane, bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umusore witwa Habimana bakamuta mu buvumo.
Umuyobozi ushinzwe uburezi mu Karere ka Rulindo yatangaje ko muri uyu mwaka w’amashuri wa 2022/2023 habarurwa abanyeshuri 1556 bataye ishuri kubera ibibazo bitandukanye birimo amakimbirane yo mu...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko uburyo bwiza bwo kutagirwaho ingaruka n’inzoga ari ukutanywa na nkeya. Yabivugiye mu gikorwa cyo kurangiza ukwezi inzego z’ubuzima na Polisi y’u...