skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Prigozhin ukuriye Wagner washatse guhirika Putin ari mu Burusiya – Perezida wa Belarus

Umukuru w’itsinda Wagner ry’abacanshuro b’Abarusiya, Yevgeny Prigozhin - wayoboye imyivumbagatanyo mu Burusiya yitwaje intwaro yamaze umunsi mu kwezi gushize - ari mu Burusiya, nkuko bivugwa na...
6 July 2023 Yasuwe: 994 0

L’ONU iramagana ifatwa ku ngufu ryibasiye abagore muri Sudan

Umuryango w’abibumbye uramagana ifatwa ku ngufu ry’abagore rimaze gufata indi ntera muri Sudan , rigaherekezwa n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina ku bagore n’abakobwa mu mezi asaga 2...
6 July 2023 Yasuwe: 393 0

Kenya: Igitero cy’ibyihe cyabangamiye ifungurwa ry’umupaka ubahuza na Somaliya

Leta ya Kenya yatangaje ko yahagaritse gufungura umupaka uyihuza n’igihugu cya Somalia, kubera umutekano muke watewe n’umutwe wa al-Shabab.
6 July 2023 Yasuwe: 206 0

RDF yaganirije Abajyanama mu bya gisirikare muri za Ambasade imikorere yayo

Abajyanama bihariye mu bya gisirikare muri Ambasade z’ibihugu mu Rwanda (Defence Attachés), baganirijwe ndetse basobanuriwe uko umutekano uhagaze imbere mu gihugu, no mu bihugu Ingabo z’u Rwanda...
6 July 2023 Yasuwe: 375 0

Ruhango haravugwa Umugabo ukomoka i Muhanga wapfiriye mu nzu y’uwamucumbikiye

Umugabo witwa Masabo Kayisinga wo mu Murenge wa Mushishiro muri Muhanga, yaguye mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango, mu nzu y’uwari uherutse kumucumbikira, bigakekwa ko yari arwaye avuye kwa...
6 July 2023 Yasuwe: 575 0

Umukobwa yahishiriye se w’umupadiri mu myaka 40 yose

Umwana w’umupadiri wo muri Perpignan mu Burengerazuba bw’Amajyepfo y’u Bufaransa, Isabelle Ballesteros yamaze imyaka 40 mu mwijima: yategereje urupfu rwa Se kugira ngo abashe kumenyekana n’umwaka...
5 July 2023 Yasuwe: 956 0

Uwahoze ari Umutoza wa Espagne na FC Barcelone yahawe gutoza Paris Saint-Germain

Uwahoze ari Umutoza wa Espagne na FC Barcelone, Luis Enrique, yahawe gutoza Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa ku masezerano y’imyaka ibiri.
5 July 2023 Yasuwe: 371 0

Muhanga: Polisi yafunze abari barazengereje rubanda bayicucura utwabo

Polisi ikorera mu Karere ka Muhanga yataye muri yombi abagabo 3 banyweraga ibiyobyabwenge kuri Sitasiyo ya Lisansi bakahamburira abaturage. Ifatwa ry’abo bagabo 3 ribaye nyuma yuko bamwe mu...
5 July 2023 Yasuwe: 507 0

Bugesera: Abahinzi b’imiteja n’urusenda bakomeje kubiburira isoko

Abahinzi b’imiteja n’urusenda mu nkengero z’ikiyaga cya Rumira mu Karere ka Bugesera baravuga ko umusaruro wabo uri kwangirika kubera kubura abaguzi.
5 July 2023 Yasuwe: 319 0

Ku ikubitiro ibihugu bisaga 10 by’Afurika birahabwa Urukingo Rwa Malariya

Ibihugu 12 byo muri Afrika bigiye kubona urukingo rwa mbere na mbere rwa malariya.
5 July 2023 Yasuwe: 505 0