Kuri iki cyumweru, Siriya yatangaje ko yabashije kwikingira ibyinshi mu bisasu byo mu bwoko bwa misile, Isirayeli yari yayirasheho, ibishwanyuriza mu kirere.
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika abategetsi bo mu mujyi wa Baltimore baravuga ko abantu bagera kuri 30 barasiwe mu birori byari byateguwe n’abaturage bo mu rusisiro rw’ahitwa Brooklyn Homes...
Perezida wa Sénégal Macky Sall yasabye ko habaho ubumwe ubwo yari mu biro bye mu murwa mukuru Dakar imbere y’abamushyigikiye, avuga ko ku wa mbere azatangaza niba aziyamamariza manda ya gatatu mu...