Yolande Makolo, umuvugizi wa leta y’u Rwanda yatangaje ko “Nubwo uyu ari umwanzuro w’inkiko zo mu Bwongereza, dufite ikibazo ku kwanzura ko u Rwanda atari igihugu gitekanye kuburyo cyakwakira...
Amakipe abiri ahagarariye u Burundi na Tanzania mu irushanwa ry’akarere ka Zone muri Basketball ry’abatarengeje imyaka 16 riri kubera i Kigali, yasezerewe nyuma y’aho bigagaragaye ko afite...
Urukiko rw’Ubujurire i Londres mu Bwongereza uyu munsi rwategetse ko umugambi wa leta wo kohereza abimukira n’abasaba ubuhingiro mu Rwanda utemewe n’amategeko.