Amakuru akomje kuvuga ko Lt Colonel Karasira Richard ari we Chairman mushya wa APR agasimbura kuri uyu mwanya Lt Général Mubarakh Muganga wagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere, Lt Gen Jean-Jacques Mupenzi, kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Kamena 2023, i Warsaw muri Pologne, yakiriwe na mugenzi we Brig Gen. Ireneusz Nowak.
Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, General James Kabarebe yaraye asuye inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique.
Leta y’u Rwanda yasubije kuri raporo y’itsinda ry’inzobere z’umuryango w’abibumbye (ONU) irushinja gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ivuga ko...
Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko mu gace ka Kitshanga muri territoire ya Masisi mu ntara ya Kivu ya ruguru abantu benshi bamaze iminsi bata ingo zabo...
Abayobozi b’u Burusiya baravuga ko Ukraine yibasiye ikiraro gihuza amajyepfo ya Ukraine na Crimée ikoresheje misile ziraswa mu ntera ndende zo mu Bwongereza .