U Rwanda n’ubuyobozi bw’Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) bongereye amasezerano y’imyaka itanu, aho ruzakira imikino ya nyuma ya BAL kugeza mu 2028.
Umushumba wa kiriziya Gatorika ku isi Pope Francis, yayoboye igitambo cya missa ku kicaro gikuru cya Kiliziya I Vaticani, asaba abitabiriye kwerekeza isengesho ryabo ku bana b’abanyeshuri bishwe mu...
U Burusiya bwatangaje ko bwabonye amakuru ko Ukraine yohereje abasirikare benshi ku mupaka uyihuza na Belarus, ndetse mu bihe bitandukanye yagiye igerageza urwego rw’ubwirinzi bw’icyo gihugu.
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yibukije abo bireba ko nta yindi nzira ya bugufi iba mu mupira w’amaguru uretse guhera mu bakiri bato kandi bakitabwaho uko bikwiye....
Ku cyumweru i Musanze mu majyaruguru y’u Rwanda hatangiye imyitozo y’ibyumweru bibiri ihuriyemo ingabo z’ibihugu byo mu muryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba (EAC) mu karere yitwa...
Abaganga muri Sudani bavuga ko barengewe n’inkomere zibarirwa mu magana zihunga intara ya Darfur iri mu zibasiwe cyane n’imirwano muri iyi minsi hagati y’ingabo z’igihugu n’abarwanyi b’umutwe...