Mu gitondo cyo kuri uyu wa 15 .06.2023 , haramutse amakuru ava mu burasirazuba bwa RDC avuga ko imirwano yongeyereye imbaraga hagati ya M23 n’umutwe wa Nyatura Abazungu ufatanyije n’Abarwanyi ba...
Itsinda ry’abayobozi ba Afurika biteganijwe ko riza kugera muri Pologne kuri uyu wa Kane mu butumwa bwabo bwo gushaka uko bahuza ibihugu mu by’u Burusiya na Ukraine bimaze umwaka urenga mu...
Perezida w’inzibacyuho wa Tchad yamaze gushyira umukono ku iteka risezerera abasirikare bakuru 48 bo ku rwego rwa general, barimo Lt. Gen. Moussa Haroun Tirgo, wabaye umuyobozi wa polisi igihe...
Abategetsi muri sudan batangeje ko Guverineri w’uburengerazuba bw’intara ya Darfur yishwe kandi ko ababikoze ari umutwe wa RSF utavuga rumwe n’igisirikare cy’igihugu.
Perezida wa Belarus, Alexander Lukashenko, yatangaje ko igihugu cye cyatangiye kwakira intwaro za kirimbuzi z’u Burusiya, zimwe muri zo akavuga ko zikomeye inshuro eshatu kurusha ibisasu bya...