Paris St-Germain (PSG) yiteguye kugurisha Kylian Mbappé kuri iyi mpeshyi aho kuba mu byago byo kumutakaza ku buntu nyuma y’umwaka umwe, nyuma yuko abwiye iyi kipe yo mu Bufaransa ko atazongera...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 14,1% mu kwezi gushize kwa Gicurasi ugereranyije no mu kwezi nk’uku mu mwaka ushize,...
‘Major’ Cyriaque Habyarabatuma wari ukuriye ‘gendarmerie’ mu cyahoze ari perefegitura ya Butare mu 1994 yabwiye urukiko mu majyepfo y’u Rwanda ko nta ruhare azi Beatrice Munyenyezi yagize muri...
Mu ijoo rya keye ryo kuri uyu wa 11 Kamena 2023 ,nibwo Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yashyize ubutumwa kuri Tweeter avuga ko yari akiri mu kato yishyizemo.