Ubushinjacyaha bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwamenyesheje Donald Trump wahoze ayobora icyo gihugu ko ari gukorwaho iperereza rishobora gukurikirwa n’ikirego, ku nyandiko z’amabanga ya Leta...
Nyuma ya byinshi bikomeje kuvugwa ku matora ya Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, Ferwafa, umunyamakuru Sam Karenzi na Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sports, basabye ko...
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abantu barindwi barasiwe mu gitero cyabereye ku ishuri riri Richmond, mu ntara ya Vilginia,mu birori byo gutanga impamyabumenyi(graduation), babiri muri bo...
U Rwanda rugaragaza ko hakenewe miliyari 2 z’amadorali ( arenga miliyari 2000 mu mafaranga y’u Rwanda) buri mwaka yo gukoresha muri gahunda ivuguruye yo guteza imbere ubukungu butangiza ibidukikije...
Umuvugizi w’ingabo za Uganda UPDF, Brigadier General Felix Kulaigye, yatangaje ko abasirikare bane ba Uganda barokotse igitero cy’abarwanyi ba Al Shabab bishe bagenzi babo bari mu butumwa...