Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, aho ngo n’iyo urukiko rwamugira umwere azakomeza gufungwa.
Mvukiyehe Juvénal uyobora Kiyovu Company Limited, yahumurije abakunzi ba Kiyovu Sports ndetse anibutsa abakeba ko mu gihe cyose agihari atazaborohera kandi atiteguye kurekura na rimwe.
Mike Pence wahoze yungirije Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yeruriye Donald Trump mu buryo butigeze bubaho, amubwira akari murori ubwo yatangiraga kwiyamamariza amatora ya 2024.