Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko hari ba major babiri bo mu ngabo z’igihugu cye bafunzwe, nyuma yo kugaragaza ubugwari ubwo Al Shabaab yagabaga igitero ku birindiro by’Ingabo...
Minisitiri w’Ingabo wungirije wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko Ingabo z’iki gihugu ziryamiye amajanja bijyanye no kuba hari impungenge z’uko isaha n’isaha zishobora guterwa...
Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya.
Perezida Museveni wa Uganda yatangaje ko abasirikare b’igihugu cye bagera kuri 54 ari bo baguye mu gitero abarwanyi ba Kiyisilam bo mu mutwe wa al Shabaab bagabye mu cyumweru gishize ku ngabo za...
Abatuye i Khartoum mu murwa mukuru wa Sudani baravuga ko kuri iki cyumweru. intambara ikomeye yongeye kubura mu bice byo muri uwo mujyi nyuma y’uko igihe cyo gutanga agahenge cyumvikanyweho...