Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yavuye igitaraganya mu Bushinwa asizeyo itsinda ry’abayobozi barimo na...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse, aho lisansi yavuye ku 1528 Frw kuri litiro, igashyirwa ku 1517 naho mazutu litiro iva ku 1518 Frw, ishyirwa kuri 1492 Frw.
Rayon Sports yerekeje i Huye kuri uyu wa Kane, tariki ya 1 Kamena, aho igomba kwitegura umukino uzayihuza na APR FC ku wa Gatandatu, tariki ya 3 Kamena 2023.
Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Leta y’Uburundi, Sahwanya FRODEBU rivuga ko uku kwezi kwa gatandatu n’ugutaha kwa karindwi ryayahariye intsinzi ya demokrasi.