Nyuma y’icyumweru mu Rwanda hatangijwe igikorwa cyo gusimbuza impyiko ku barwayi bazo, muri batatu bahereweho, babiri bamaze kuva mu bitaro basubira mu ngo zabo.
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yageze i Bujumbura mu Burundi, aho yitabiriye Inama ya 21 idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)
Kuri uyu wa Mbere nibwo Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Among, yatangaje ko Perezida Museveni yashyize umukono ku itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina.
Myugariro wa AS Kigali n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Manzi Thierry, ari mu biganiro na Simba SC bishobora gusiga mu gihe cya vuba yerekeje gukinira muri Tanzania.
Umuvigizi w’igisirikare cya DR Congo yatangaje ko abarwanyi ba M23 – yita ko bafatanyije n’ingabo z’u Rwanda – ubu bari mu bikorwa “biganisha ku ntambara” no gutera umujyi wa Goma, umurwa mukuru...