Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yahisemo umujenerali witwa Charles "CQ" Brown Jr. kugirango azabe umugaba w’ingabo zose z’Amerika guhera mu kwezi kwa cumi gutaha.
Abategetsi bo muri Ukraine bavuga ko abantu nibura babiri bishwe naho abandi barenga 30 barakomereka mu gitero cya misile cy’Uburusiya ku ivuriro ryo mu mujyi wa Dnipro mu burasirazuba bwa Ukraine.
Umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab urigamba kwica abasirikare 137 ba Uganda no gushimuta abandi benshi, nyuma yo kugaba igitero ku birindiro byabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yabwiye Abanye-Congo baba mu Bushinwa ko agiye kwirukana abasirikare bose badashobora kurwanirira igihugu cye, kuko batuma...
U Rwanda rwandikiye u Burundi rusaba ko Ndikumana Danny ukinira Rukinzo FC yakemererwa kwitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu, Amavubi, akaba yanifashishwa mu mukino izakina na Mozambique.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Ukraine Dmytro Kuleba uri mu ruzinduko mu Rwanda basinyana amasezerano yerekeye...