skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Jenerali Charles Brown Jr. Umwirabura wambere wagizwe Umugaba w’Ingabo Zose z’Amerika

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yahisemo umujenerali witwa Charles "CQ" Brown Jr. kugirango azabe umugaba w’ingabo zose z’Amerika guhera mu kwezi kwa cumi gutaha.
27 May 2023 Yasuwe: 1761 0

Ukrane:Zelensky yise igitero Uburusiya bwagabye ku bitaro icy’ubugome bukabije

Abategetsi bo muri Ukraine bavuga ko abantu nibura babiri bishwe naho abandi barenga 30 barakomereka mu gitero cya misile cy’Uburusiya ku ivuriro ryo mu mujyi wa Dnipro mu burasirazuba bwa Ukraine.
27 May 2023 Yasuwe: 1255 0

Ubu gusura Pariki z’u Rwanda ntibigusaba kwerekana ko wipimishije COVID-19

Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB cyasohoye amabwiriza yorohereza ba mukerarugendo basurura Pariki z’Igihugu yerekana ko bitakiri ngombwa ko berekana ko bipimishije Covid-19 nk’uko byari bisanzwe...
26 May 2023 Yasuwe: 379 0

Uburundi bwanze ubusabe bwa FERWAFA kuri rutahizamu wahamagawe n’Amavubi

Federasiyo y’u Burundi yandikiye FERWAFA iyisubiza ko itazayiha umukinnyi Ndikumana Danny ngo akinire Amavubi yamwifuje ndetse akanamuhamagaza nk’umukinnyi w’Umunyarwanda.
26 May 2023 Yasuwe: 1123 0

Al Shabaab yigambye guhitana Abasirikare ba Uganda 137 i Bula Marer

Umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab urigamba kwica abasirikare 137 ba Uganda no gushimuta abandi benshi, nyuma yo kugaba igitero ku birindiro byabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu.
26 May 2023 Yasuwe: 1231 0

Tshisekedi yahize kuvugurura Igisirikare cye kikaba ikinyamwuga

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yabwiye Abanye-Congo baba mu Bushinwa ko agiye kwirukana abasirikare bose badashobora kurwanirira igihugu cye, kuko batuma...
26 May 2023 Yasuwe: 848 1

Perezida Kagame yohererejwe ubutumwa na mugenzi we Zelensky wa Ukraine

Ibiro bya perezida w’u Rwanda byatangaje ko Perezida Paul Kagame yakiriye minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine amuzaniye ubutumwa bwa Perezida Volodymyr Zelensky.
26 May 2023 Yasuwe: 681 0

Ndikumana Danny yahamagawe mu Mvubi nyuma yo kwigaragaza mu mikino ya EAPCCO

U Rwanda rwandikiye u Burundi rusaba ko Ndikumana Danny ukinira Rukinzo FC yakemererwa kwitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu, Amavubi, akaba yanifashishwa mu mukino izakina na Mozambique.
25 May 2023 Yasuwe: 845 0

Minisitiri Dr Vincent Biruta yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Ukraine, Dmytro Kuleba

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Ukraine Dmytro Kuleba uri mu ruzinduko mu Rwanda basinyana amasezerano yerekeye...
25 May 2023 Yasuwe: 385 0

Kenya:Umubare w’abishwe n’inzara ukomeje gutumbagira

Inzego z’ubuzima muri Kenya, zikomeje gutangaza ko umunsi ku munsi ziri gutahura imirambo y’abishwe n’inzara nyuma yo gutegekwa na Pasiteri kwiyiriza ubusa , ubu umubare umaze kugera kuri 241.
25 May 2023 Yasuwe: 606 0