skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Perezida wa Uganda n’uwa Tanzaniya bamuritse igikorwa remezo bujuje

Perezida Samia Suluhu wa Tanzania hamwe n’uwa Uganda, Museveni Kaguta, bafunguye ku mugaragaro urugomero rw’amashanyarazi rwuzuye rutwaye miliyoni 56 $, rukazafasha abatuye muri ibi bihugu mu...
25 May 2023 Yasuwe: 1335 0

Impunzi zifungiye muri Malawi nyuma yo kwanga kujya Dzaleka zihangayikishije HCR bikomeye

Ishami rya ONU ryita ku mpunzi ku isi, HCR, muri Malawi riravuga ko ritewe impungenge cyane n’itabwa muri yombi no gufungwa kw’impunzi zirenga 370 zirimo abana barenga ijana ku itariki ya 17 za...
25 May 2023 Yasuwe: 539 0

L’ONU yatunze agatoki amahanga ari kurebera ibibera Congo

Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri RDC akaba n’umuhuzabikorwa by’ubutabazi, Bruno Lemarquis, yatabarije abaturage bari mu kaga muri iki gihugu, avuga ko amahanga...
25 May 2023 Yasuwe: 773 0

Burundi: Umwe muri Guverinoma yeguye nyuma y’amafoto amusebya yasohotse

Alain-Diomède Nzeyimana wari umuyobozi w’ikigo gishinzwe itumanaho, ikoranabuhanga n’itangazamakuru, yeguye kuri iyi nshingano nyuma y’aho ku rubuga rwe rwa WhatsApp hagaragaye amafoto n’ikiganiro...
25 May 2023 Yasuwe: 2242 0

America yasabye “u Rwanda guhagarika gufasha M23”, inabisaba RDC kuri FDLR no kureka amacakubiri

Ibiro by’Umuvugizi wa Leta muri America byatangaje ko, Umunyabanga wa leta ya America, Antony J. Blinken yagiranye ikiganiro na Perezida Antoine Felix Tshisekedi, mu byo baganiriye harimo ubwicanyi...
25 May 2023 Yasuwe: 755 0

U Rwanda rwasinye amasezerano azatuma rwakira Afrobasket y’Abagore

Binyuze muri Minisiteri ya Siporo, u Rwanda n’Ishyirahamwe rya Basketball muri Afurika (FIBA), basinyanye amasezerano aha iki gihugu kwakira Igikombe cya Afurika cy’Abagore giteganyijwe kuva tariki...
25 May 2023 Yasuwe: 260 0

Amagare: U Burasirazuba bugiye kuberamo isiganwa ry’iminsi ibiri

Mu Ntara y’u Burasirazuba n’utundi Turere tutari utwo muri iyi Ntara, hagiye kubera isiganwa ry’amagare rizakinwa mu mpera z’iki Cyumweru.
25 May 2023 Yasuwe: 257 0

Fulgence Kayishema ukurikiranyweho jenoside yafashwe nyuma y’imyaka irenga 20 ashakishwa

Fulgence Kayishema wari nimero ya mbere mu bashakishwa ku ruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yafatiwe muri Afurika y’Epfo nyuma y’igihe kinini yihisha ubutabera.
25 May 2023 Yasuwe: 1296 0

BAL 2023: Bigoranye,Al Ahly yasanze AS Douanes ku mukino wa nyuma

Mu mukino utari woroshye na gato, Al Ahly yo mu Misiri yageze ku mukino wa nyuma w’Irushanwa rya Basketball Africa League itsinze Stade Malien yo muri Mali amanota 78-73.
25 May 2023 Yasuwe: 248 0

Bugesera yigomwe itike yo kwinjira ku mukino izakira mo AS Kigali

Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera FC, bwatangaje ko bwatangaje ko umukino iyi kipe izakira AS Kigali ku munsi wa 30 wa shampiyona, kuwureba nta kiguzi bisaba.
25 May 2023 Yasuwe: 514 0