Ishami rya ONU ryita ku mpunzi ku isi, HCR, muri Malawi riravuga ko ritewe impungenge cyane n’itabwa muri yombi no gufungwa kw’impunzi zirenga 370 zirimo abana barenga ijana ku itariki ya 17 za...
Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri RDC akaba n’umuhuzabikorwa by’ubutabazi, Bruno Lemarquis, yatabarije abaturage bari mu kaga muri iki gihugu, avuga ko amahanga...
Ibiro by’Umuvugizi wa Leta muri America byatangaje ko, Umunyabanga wa leta ya America, Antony J. Blinken yagiranye ikiganiro na Perezida Antoine Felix Tshisekedi, mu byo baganiriye harimo ubwicanyi...
Mu mukino utari woroshye na gato, Al Ahly yo mu Misiri yageze ku mukino wa nyuma w’Irushanwa rya Basketball Africa League itsinze Stade Malien yo muri Mali amanota 78-73.
Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera FC, bwatangaje ko bwatangaje ko umukino iyi kipe izakira AS Kigali ku munsi wa 30 wa shampiyona, kuwureba nta kiguzi bisaba.