Andres Iniesta wahoze akina hagati mu ikipe ya Barcelona no mu ikipe y’igihugu ya Espagne, muri uyu mwaka azava mu ikipe ya Vissel Kobe yo mu Buyapani yari amaze imyaka itanu akinamo.
Ambasade y’Ubushinwa muri Kenya yahakanye ibivugwa mu nkuru y’ibiro ntaramakuru Reuters ko aba ’hackers’ bo mu Bushinwa bibasiye ibigo bya leta by’ingenzi cyane by’i Nairobi, birimo n’ibiro bya...